Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byinshi wa menya ku bubi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 23, 2024
in Uncategorized
0
Byinshi wa menya ku bubi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya kububi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ikinyobwa cya Coca Cola bivugwa ko kidasindisha ariko kirimo ibiyobyabwenge, ibanga ry’ibigize Coca Cola ni rimwe mu mabanga arinzwe cyane ku Isi mu birebana n’inganda kubera iki kinyobwa gisanzwe cy’isukari byagizwe ibanga rikaze.

Abantu 2% mu batuye Isi ni bo bashobora kumenya icyo Coca Cola ikozemo.

Ahanini banyiri ruganda ubona hari ibyo bahishe byo muri iki kinyobwa. Unarebye ku ducupa twa coca cola ntabwo hariho amakuru ahagije kubyo ikozemo, nk’uko izindi nganda z’ibibindi binyobwa zibigaragariza mubutumwa bwanditse ku ducupa.

Uruganda rukora iki kinyobwa ruherereye muri Atlanta ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahari n’inzu ndangamurage yerekana amateka y’iki kinyobwa.

Muri urwo ruganda uhasanga ahantu hari inzira ikoze iki kinyobwa ikaba iri mu mutamenwa urinzwe cyane.
Abasura uru ruganda bawubonesha amaso ariko benshi bazi icyo Coca Cola ikozemo bituma udukombe miliyari 2 tunyobwa buri munsi.

Muri Atlanta ahari icyicaro cya Coco Cola . Umuturage uhatuye watangaje ibya Coca Cola yagize ati: “Ntabwo tuzi ibyo ikozemo nta n’ibyo dushaka kumenya kuko beneyo bafite uburenganzira bwo kugira ibanga kukinyobwa cyabo.

Abagerageje gushaka icyo Coca Cola ikozemo nta nakimwe bigeze bamenya kugeza mu mwaka w’ 2011, radio imwe yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje inkuru itarigeze ivugwa mu mateka. Umunyamakuru w’iyi radio yasomye mu kinyamakuru cya kera cyane , cyakoreshwaga n’uwitwa Charles Solta, avuga ko ari we washoboye kuvumbura ibyo coca cola ikozemo.

Avuga ko formula y’ibyo Coca Cola ikozemo yayivanye mu nyandiko yanditswe mu mwaka w’ 1910.

Yagize ati: “Dore iyi foto nayifashe mu mwaka 1979 nari mfite inshuti yabaga muri kano gace yarambwiye ati Charles hano hari i foto ugomba kureba. Nararebye nsanga inyandiko yitwa rotanique Coca Cola, yari yandikishije intoki byagaragaye ko yanditswe na John Pemberton, aho nyiri kuvumbura Coca Cola ubwe yanditseho ubwoko bw’ibiti bikozemo Coca Cola banyiri ruganda bajya batangaza.

Bityo rero, mu bigize coca cola harimo “alcohol” cyangwa se ibisindisha, harimo n’indimu (amacunga), acide sitric cofeine na yo y’ikiyobya bwenge noneho hakazamo n’ibibabi bya coca ibi bikaba aribyo bihingwamo cocaine.

Ngiri ibanga ryihishe muri Coca Cola banyiri ruganda batemera.

Ibi bikimara gutangazwa banyiri ruganda bahise babihakana , bavuga ko iriya formule atariyo kuko muri Coca Cola badashyiramo cocaine.

John Pamberton wahimbye Coca Cola yaratuye muri Colombise, inzu yaratuyemo ubu ni inzu ndanga murage aho muri 1886 muri iyo nzu havumbuwe amacupa ya Coco Cola.

Ikinyobwa kidasembuye cyaryoheraga abantu kirimo cocaine nicyo cyanavuyemo Coca Cola abantu bakaba barakundaga kukinywa kuko yagabanyaga ububabare bitewe na cocaine yabaga irimo.

Mu bihugu nka Amerika hari amashyirahamwe menshi arwanya Coca Cola bitewe nuko bavumbuye ibibi byayo kuko yangiza. Imwe muri yo ni “killer coke” uwahoze ari umukozi wa Coca Cola yabajijwe niba hari ibintu byangiza bashyiragamo maze atazuyaza arabyemera.

Yagize ati: “Yego, nta gushidikanya twakiraga amafu mu bigunguru binini kuri ibyo bigunguru handitseho ko ibintu birimo bifite uburozi(toxic) rimwe nabonye imwe muri izo ngunguru ifunguye mo imbere, ibyo ntabwo wabikoresha ho intoki ni acid ikomeye, jye ntabwo numva ukuntu Leta zikomeza kwemera ko uruganda nk’uru rukomeza gukora.”

Ariko banyiri uru ruganda bo bavuga ko bahagaritse gukoresha cocaine mu mwaka w’ 1906 ariko na n’ubu bavuga ko harimo ibikoresho by’ibanga.

Umushakashtsi witwa Roe Rodgers yavuze ko iyi cocaine bayishyiramo kugira ngo iyihe uburyohe busa nk’ubusharira kandi n’impumuro nziza.

Iyo Coca Cola uyicaniriye mu isafuriya nyuma y’iminota mike usanga yamatiriye ku buryo itapfa no kuva mu isafuriya, mu gihe izindi soda zo iyo uzicaniriye zo zishira isafuriya igasigara yera.

Mu icupa rimwe rya Coca Cola bivugwa ko haba harimo utuyiko 16 twisukari. Mu nkuru y’ubutaha tuzakomeza ikindi gice kivuga ku bubi bwa coca cola.

                MCN.
Tags: Coca ColaIkinyobwaUbubi
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Israel yibiwe ibanga isabwa guhita ibikora mu maguru mashya, nyuma y’urupfu rw’umuyobozi wa Hamas.

Israel yibiwe ibanga isabwa guhita ibikora mu maguru mashya, nyuma y'urupfu rw'umuyobozi wa Hamas.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?