Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Indi ndwara y’inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 8, 2024
in Uncategorized
1
Indi ndwara y’inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indi ndwara y’inzaduka yateye mu gihugu kimwe cyo muri Afrika.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni indwara yagaragaye ku bantu bari mu mujyi wa Al-Hilali muri Sudan, aho ndetse imaze guhitana abagera kuri 73 mu minsi itarenze icyumweru.

Umujyi wa Al-Hilali usanzwe uzengurutswe n’abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces(RSF) barwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cya Sudan.

Kubera intambara y’urudaca hagati y’uyu mutwe n’ingabo za Leta abantu bagera kuri miliyoni 11 bamaze kuva mu byabo. N’intambara kandi imaze guteza inzara ikomeye muri iki gihugu, ndetse ikaba yarateje ihagarikwa ryikoreshwa rya internet mu bice bimwe na bimwe byo muri iki gihugu iryanatumye kumenya amakuru arambuye y’ubu burwayi bw’inzaduka bukomeje kugaragara mu bavanywe mu byabo atabasha kumenyekana neza, nk’uko ibiro ntara makuru by’Abongereza byabitangaje.

Umwe mu baturage wo muri ibyo bice wavuganye n’ibiro ntara makuru by’Abongereza yavuze ko abantu batatu bo mu muryango we bahitanywe n’ubwo burwayi ariko yabimenye nyuma y’iminsi itatu abandi bamaze kugera mu bice bibonekamo internet.

Abaturage bashaka guhungira mu bice abandi benshi bakusanyirijwemo, basabwa kwishyura amafaranga menshi kuri za bariyeri z’abarwanyi ba RSF nk’uko bamwe babisobanura.

Imiryango irengera ikiremwa muntu ivuga ko ingabo za RSF ziheruka kugaba igitero mu musigiti wo muri uwo mujyi zigahitana abantu barenga bane.

Tags: Ali-HilaliIndwaraSudan
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.

Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w'ubanyi n'amahanga w'u Rwanda yageze i Goma.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    7 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy dapoxetina 30mg nos eua[/url] Stephanie, USA 2022 06 16 20 38 10

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?