Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Ndayishimiye yirase ku bakomeye, ababwira ubutunzi afite.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2024
in Uncategorized
0
Perezida Ndayishimiye yirase ku bakomeye, ababwira ubutunzi afite.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye yirase ku bakomeye, ababwira ubutunzi afite.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Hari mu kiganiro perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’abayobozi ba mabanki bo muri iki gihugu cy’u Burundi, n’abaserukira ibigega mpuzamahanga bijejwe ubukungu, hari kandi n’inzobere mu by’ubukungu ndetse n’abaherwe batandukanye, maze ababwira ko afite ubutunzi buhebuje.

Iki kiganiro cya Ndayishimiye ya gikoreye i Bujumbura mu Burundi, mu mpera zakiriya Cyumweru gishize, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’urubuga rwa Pacifique Nininahazwe ibivuga.

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi, yagize ati: “Njyewe rero ndabyemera ko ndi mu bakire, ndatunze. Iyo njyewe mvuze nti: ‘uyu munsi nda dya inkoko, mpita ni dya,’ ariko nti mu mbaze ngo igurwa angahe, mvuga ngo genda mutore inkoko hariya mu mbagire. Mvuze ngo uno munsi nda dya imbata, bahita baja kunzanira imbata. Mvuze nti nda dya urukwavu, ni uko nyine nirwo ndya. Mvuze nti nda dya inyama y’ingurube ni iyingurube. Mvuze nti nda dya inyama y’inka, ni iy’inka.”

Ruriya rubuga dukesha iy’inkuru, rwasobanuye ko icyo perezida w’u Burundi atazi, ngo ni aho avana ubutunzi, ngo kuko iby’ubuzima bwe butunzwe n’imisoro itangwa n’abenegihugu.

Rwagize ruti: “Perezida Evariste Ndayishimiye ibijyanye n’ubuzima bwiwe byose birihirwa n’imisoro y’Abarundi. Amafaranga ajanye n’ibyo arya byose, ava mu Barundi. Ku munsi yandikiwe miliyoni zibiri zo kurya.”

Rukomeza rugira ruti: “Ku kwezi Abarundi bamurihira miliyoni 60 zo gufungura. Umukuru w’igihugu n’umuryango we bambikwa n’igihugu, ingendo zose bakora n’igihugu, kwiga, kwivuza, n’ibindi byose bakenera bya buri munsi. Kandi ibyo birihirwa mu misoro.”

Ikindi nuko urwo rubuga rwavuze ko ibyo bihoraho muri iki gihugu cy’u Burundi, ariko igitangaje ngo n’ingene perezida atunzwe n’abenegihugu ariko akongera kuza kubirataho, nk’ubarusha ubutunzi kandi ari bo bamutunze!

Tags: NdayishimiyeUbutunziYirase
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Kenyatta yarahiriye kwandika amateka, avuga icyo agiye gukora hagati ya Leta ya Kinshasa na M23.

Kenyatta yarahiriye kwandika amateka, avuga icyo agiye gukora hagati ya Leta ya Kinshasa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?