• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Trump warahiye nka perezida 47 w’Amerika ni muntu ki?

minebwenews by minebwenews
January 21, 2025
in sport & entertainment
0
Trump warahiye nka perezida 47 w’Amerika ni muntu ki?
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump warahiye nka perezida 47 w’Amerika ni muntu ki?

You might also like

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20/01/2025, Donald Trump yarahiye kuyobora Leta Zunze ubumwe Z’Amerika nka perezida wa 47.

Uyu Trump yavutse tariki ya 14/07/1946 avukira mu mujyi wa Newe York; i se yitwa Fred Trump naho mama we ni Anne Trump. Trump ni umwana wa kane mu bana batanu papa we yabyaye.

Bivugwa ko Trump yize muri kaminuza ya Fordham university mu gihe cy’imyaka ibiri. Nyuma yaje kwinjira mu ishuri ry’ubucuruzi rya Wharton riherereye muri kaminuza ya Pennsylvania.

Bivugwa kandi ko kwiga kwa Donald Trump yabifatanyaga no gukora akazi mu isosiyete ya se izwi ku izina rya Elizabeth Trump and Son.

Uyu warahiriye kuyobora Leta Zunze ubumwe Z’Amerika, yarangije mu ishuri rya Wharton mu 1968 aho yakuye impamyabushobozi y’iciciro cya kabiri mu by’ubukungu; ahita yinjira mu isosiyete ya se. Mu mwaka w’ 1971 yahawe ubuyobozi bwo kuyigenzura aza no kuyita irindi zina rya “The Trump organization.”

Trump kandi yize no mu ishuri rya gisirikare rya Newe York Military Academy aho yaje kurangiza ari mu banyeshuri beza bafite amanota meza.

Kuri ubu ni umuntu uzwi mu bikorwa byubwubatsi ndetse akaba anazwi mu itangaza makuru na politiki.

Ubwo yafataga ijambo arimo kurahira yabwiye Abanyamerika ko “imyaka y’ibyiza n’ibitangaza itangiye ubu.”

Ati: “Igihugu cyacu kizongera gutera imbere ndetse cyubuhwe hirya no hino ku Isi, tuzaba icyitegererezo cy’ibihugu ku Isi, ariko ntituzemera ko abantu bakomeza kutwungukiramo.Nzashyira Amerika imbere. Ubutavogerwa bwacu buzongera kubaho, ituze ryacu rizagarurwa, ukuboko k’ubutabera kuzongera gukora biboneye, ubugizi bwa nabi bukoresha intwaro buzarangira.”

“Icyo tuzakora, tuzashyira imbere ukubaka igihugu gifite ishema, giteye imbere kandi kirimo ubwisanzure.”

Trump kandi mu ijambo rye, yashimiye Abanyamerika babirabura, abizeza ko uko bamushyigikiye atazabyibagirwa, kandi ko azashyira imbere kumva ibibazo byabo.

Trump ni umubyeyi w’abana batanu, yabyaranye n’abagore batatu. Uwa gatatu niwe bari kumwe ubu witwa Melania Knauss bakaba barashyingiranwe mu 2005.

Tags: 47AmerikaDonald Trump
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina Aaron Wan-Bissaka, myugariro akina ku ruhande rw’iburyo, yigeze guhura n’uruhererekane rw’imbogamizi mu gufata umwanzuro w’igihugu azakinira. Nubwo yari asanzwe akomoka mu...

Read moreDetails

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zanenye Wazalendo ariko zihishyura umwanzi wabo mu Bibogobogo.

Ingabo z'u Burundi zari mu Bibogobogo zahavuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?