Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Ibyari byarahishwe ku mabanga y’urupfu rwa Adolf Hitler Amerika yabishyize hanze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 11, 2025
in History
0
Ibyari byarahishwe ku mabanga y’urupfu rwa Adolf Hitler Amerika yabishyize hanze.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari byarahishwe ku mabanga y’urupfu rwa Adolf Hitler Amerika yabishyize hanze.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Adolf Hitler wabayeho umuyobozi mukuru w’ishyaka ry’Abanazi mu gihugu cy’u Budage, Amerika yashyize amabanga y’urupfu rwe ivuga ko yapfuye yiyahuye nyuma yo kwanga ku manika amaboko ngo adafatwa n’abo bari bahanganye ahubwo ahitamo kwirasa umurambo we abari abasirikare be bakawujugunya muri aside, birangira uhindutse umuyonga.

Ni byashyizwe hanze n’ikigo cy’ubutasi cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika kizwi nka “CIA” aho cyagaragaje ko ari amabanga yari yarahishwe ku rupfu rwa rw’uyu mugabo wari igihangange, Adolf Hitler.

Mu 1945 u Budage bumaze gutsindwa intambara ya kabiri y’isi n’ingabo z’aba-soviyete abenshi bemeye ko umurambo wa Adolf Hitler watawe mu nyanja, ariko hari n’abandi bavuga ko koko washongeye muri aside.

Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika rwagaragaje ko rwatangiye gukora ubushakashatsi rwihishwa kandi ko bwabatwaye imyaka 10, bugamije kumenya niba Adolf Hitler atarahungiye muri Amerika y’Amajyepfo nyuma yuko hatangajwe urupfu rwe.

Raporo yatangajwe n’urwego rw’ubutasi rw’Abongereza rukorera imbere mu gihugu (MI5) yagaragaje ko Hitler n’umufasha we bapfuye biyahuye tariki ya 30/04/1945 i Berlin nyuma yo gutsindwa mu ntambara n’ingabo z’aba-soviyete.

Ibyo ntambwo byavuzwe ahubwo abakozi ba Amerika bari mu ntambara 1945 bahaye raporo FBI ivuga ko hari Hotel y’i La Falda, muri. Argentine yari yarateguwe nk’ahantu Adolf Hitler ashobora kwihisha ndetse beneyo bari baramaze kuganirizwa ku kuzakira Hitler naba atsinzwe intambara.

Indi raporo yo mu mwaka wa 1955 yari irimo ifoto yicaranye n’inshuti ye muri Colombia aho bivugwa ko uyu mugabo yakoreshaga izina rya Adolf Schrittelemayor, yavuye muri Colombia yerekeza muri Argentine mu kwezi kwa mbere 1955.

CIA yatangiye gukora iperereza ku mateka ya Schrittelemayor ariko nyuma irahagarika, ivuga ko byabatwara igihe kirekire n’imbaraga nyinshi kandi ko hari amahirwe make yo kubona ibimenyetso bifatika.

Ibi byose byatangajwe nyuma y’igihe kirekire Argentine izwiho guhisha Abanazi bahungiyeyo gusa iherutse gutangaza ko igiye gushyira hanze inyandiko zibanga ku bantu bahungiyeyo nyuma y’intambara ya gatatu y’isi.

Mu busanzwe muri Argentine hafatwa nk’ahantu Abanazi benshi bahungiye aho abakurikiranyweho ibyaha by’intambara bagera ku bihumbi 10 bivugwa ko batorotse mu ibanga, kimwe cya kabiri cyabo bakajya muri Argentine, ariko inshuro nyinshi yagiye yanga kubatanga ngo bajanwe mu nkiko.

Mu batorokeye muri Argentine harimo Adolf Eichmann wagize uruhare rukomeye mu gutegura Holocaust n’uwitwa Joseph Mangele.

Ariko Eichmann yafashwe mu 1960 ajanwa muri Israel kuburanishwa mu gihe Mangele we yatorotse ubutabera akagwa muri Brezil yishwe n’umutima ubwo yari koga.

Hagataho, CIA yagaragaje ko Adolf Hitler yiyahuye, umurambo we ujugunywa muri aside, birangira uhindutse umuyonga.

Tags: AdolfAmabangaCIAHitelerUrupfu
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n’u Burusiya.

Ukraine yanze kwemera ibyo yasabwe n'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?