Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 11, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

You might also like

RDC: AFC/M23 yatanze impuruza

Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Inka zibiri n’izo Ingabo z’u Burundi zagaruye mu nka 10 z’Abanyamulenge bo mu Bibogobogo zaraye zinyazwe n’inyeshyamba za Mai Mai zisanzwe zikorana byahafi n’ingabo za Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Igihe c’isaha zine ziri joro ryaraye rikeye rishyira kuri iki cyumweru tariki ya 11/05/2025, ni bwo igitero cya Mai Mai cyanyanze Inka za Banyamulenge.

Ni igitero amakuru ava mu Bibogobogo agaragaza ko cyaje bucyece, kandi ko cyageze mu kibuga cyaziriya nka, Mai Mai yakigabye ihita ishorera icumi muri zo.

Umutangabuhamya yagize ati: “Hanyazwe Inka 10 za Rukamirwa ni nawe veterineri(vétérinaire) wahano. Bazinyagiye mu kibuga cy’iwiwe.”

Aya makuru akomeza avuga ko aho ziriya nka za nyagiwe kwari mu muhana wa Bikirikiri uwo benshi bita umuhana wo muri Cadeza ni mu gihe uwo muhana wubatsemo itorero rya 37ème CADEC.

Umutangabuhamya yanavuze ko nyuma y’aho ziriya nka zinyazwe, ingabo z’u Burundi zazikurikiye, nyuma y’uko zibimenyeshejwe. Mu kugaruka bagarura zibiri, izindi icumi zigenda gutyo.

Ati: “Basanze ziriya zibiri Mai Mai yazisigiye Chef w’i Kalele, ngo kuko yabaye inzira baja kunyaga Inka z’Abanyamulenge.”

Nk’uko amakuru akomeza abigaragaza ni uko kiriya gitero cyanyanze ziriya nka cyanarengukiye i Kalehe nahitwa i Kirora mu bice bituwe n’Ababembe n’Abapfulero.

Ibitero bya Mai Mai byaherukaga muri iki gice mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, ni ibitero bitanyaze Inka ariko byasize bihitanye ubuzima bw’abantu. Ndetse kandi binangiza ibikorwa remezo bya baturage.

Bibogobogo ni agace gaherereye muri teritware ya Fizi, ituwe ahanini n’Abanyamulenge. Mu myaka yavuba ishize yabayemo intambara nyinshi, zinasiga zisenye imihana myinshi yo muri aka gace.

Ubundi kandi iki gice kiragenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo(FARDC), aho zifatanyije n’iz’u Burundi.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiInka
Share47Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

RDC: AFC/M23 yatanze impuruza

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yatanze impuruza. Ihuriro ry'imitwe ya politiki n'iyigisirikare rya AFC ryasabye amahanga gukora uko ashoboye agafatira ingamba ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bukomeje kwegereza abasirikare bayo...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Ingabo z'u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe. Abasirikare b'u Burundi bagaruye Inka zibarirwa mu icumi rirenga zari zanyazwe na Wazalendo i Luvungi muri teritware ya Uvira mu ntara...

Read moreDetails

Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Uvira bari mu marira menshi nyuma y'aho FARDC yirashe irashe umuyobozi waho ukomeye. Umukozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya guverineri w'i ntara ya Kivu y'Amajyepfo ku ruhande...

Read moreDetails

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryasoje amahugurwa y'abasirikare bayo bagera...

Read moreDetails

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye. Dr.Paluku Musumba Obedi, wayoboraga zone y'ubuvuzi ya karisimbi iherereye mu mujyi wa Goma ufatwa nk'umurwa mukuru w'i ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yapfuye. Ahagana ku itariki...

Read moreDetails
Next Post
Umukozi w’Imana Mwungeri mu nyigisho yatanze yavuzemo n’ubuhamya bukaze.

Umukozi w'Imana Mwungeri mu nyigisho yatanze yavuzemo n'ubuhamya bukaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?