• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.

You might also like

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarasiye abantu batatu mu rusengero barimo basenga arabica abandi n’abo babiri arabakomeretsa.

Ku cyumweru gishize ni bwo icyo gikorwa kigayitse cyabaye tariki ya 11/05/2025. Ni gikorwa amakuru yerekana ko cyabereye mu gace kitwa Banana, gaherereye mu ntara ya Congo -Central.

Bamwe mu babonye aho biba bavuga ko uwo musirikare yinjiye mu rusengero rw’itorero Bethesida Ministry ruri mu gace ka Banana, mu ntara ya Congo-Central ubwo abakristo bari mu materaniro basenga, yinjira abariririza umugore witwa Naomie.

Nyuma y’aho abari mu rusengero bose bagize ubwoba bakanga ku muvugisha, yahise amisha urufaya rw’amasasu ku bantu bari aho mu rusengero abantu babiri bahita bahasiga ubuzima ako kanya, abandi batatu barakomereka.

Mu bahasize ubuzima ako kanya, barimo n’umwana mutoya, undi muntu wa gatatu yaje kugwa mu bitaro ibyo yari yajanyemo kugira ngo yitabweho.

Abandi babiri bakomeretse bo bari kwitabwaho ku bitaro bikuru bya Muanda.

Umuyobozi wungirije w’agace ka Muanda, bwana Nicolas Kinduelo, yemeje iby’ubu bugizi bwa nabi avuga ko nyuma yo kurasa aba bantu, uwo musirikare yahise afatwa n’abaturage kandi ngo baramukubita.

Ubuyobozi bw’igisirikare nabwo bwatangaje ko uyu musirikare agomba guhita agezwa mu rukiko rw’ibanze rwa gisirikare rwa Muanda ejo hashyize ku wa mbere, aho yaburanishijwe mu buryo bwihuse nk’uko amategeko abiteganya.

Tags: BananaFardcYarashe batatu
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails
Next Post
Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?