• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo ihuriro ry’ingabo za Congo ziboneye i Rutshuru ni akaga gakaze.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo ihuriro ry’ingabo za Congo ziboneye i Rutshuru ni akaga gakaze.

You might also like

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Ihuriro ry’Ingabo za Congo rigizwe na FARDC, FDNB, Imbonerakure, FDLR na Wazalendo, zashatse kwisubiza tumwe mu duce two muri teritware ya Rutshuru zikoresheje kugaba ibitero maze zihabonera akaga, nyuma yuko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bagenzura utwo duce bazerekejeho imitutu y’imbunda maze umuriro uzakamo birakomera.

Ni imirwano yatangiye kuva mu rukerera rwo ku itariki ya 15/05/2025, igeza ku gicamunsi cy’uwo munsi, aho yarimo ibera mu bice byo muri grupema ya Bambo na Banyungu muri iyo teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru akavuga ko abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bageze aho barasa ririya huriro bivuye inyuma ibintu biracika, ni bwo ririya huriro ryafashe icyemezo cyo gukizwa n’amaguru.

Kuva isaha ya saa kumi z’urukerera rwo kuri uwo munsi, muri utwo duce harimo humvikana urusaku rw’imbunda rwinshi kandi rurimo iziremereye n’izito.

Aya makuru akomeza avuga ko ahanini imirwano iremereye cyane yabereye ku misozi ya Showa yo muri iyi grupema ya Banyungu, ni mu gihe ahandi byashatse gukara ari ku musozi wa Ngwaki na Lwansihe muri Grupema ya Bambo. Aya magrupema yombi akaba ari ayo muri teritware ya Rutshuru nk’uko byagaragajwe.

Ku rundi ruhande andi makuru akavuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 baje kubona umusaada w’abangenzi babo baje bava i Masisi, ubundi ngo haba guhiga umwanzi bivuye inyuma, kuburyo binavugwa ko utu duce ihuriro ry’ingabo za Congo zidashobora kuzongera kutugabamo ibitero ukundi.

Tubibutsa ko iri huriro rirwanirira Leta y’i Kinshasa no mu cyumweru gishize ryari ryagerageje kandi kugaba ibitero muri utwo duce, ariko nabwo ntibyarihira kuko ryasubijwe inyuma rugikubita.

Tags: ImirwanoRutshuru
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Amajyepfo Amakuru aturuka muri Kivu y'Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko imirwano yakomeye...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi Amakuru ubutasi bw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashyize hanze, agaragaza ko...

Read moreDetails

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya Brigadier General Amuli Civiri ni we wagizwe umuyobozi mushya wa karere ka 33 ki ngabo za Repubulika ya...

Read moreDetails

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, binarangira umukomando wo...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?