Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC yagabye igitero mu Mikenke mu baturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC yagabye igitero mu Mikenke mu baturage.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yagabye igitero mu Mikenke.

You might also like

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rigizwe na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo ryazindutse ribagaba ibitero ku Banye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu Mikenke, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Mikenke ni kamwe mu duce dutuwe n’Abanyamulenge benshi i Mulenge, ariko ahanini bayituyemo mbere y’intambara kuko ubu abatari bake berekeje iy’ubuhungiro.

Iki gice giherereye muri secteur ya Itombwe muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu mwanya muto ushize wo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 23/05/2025, nibwo Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zayigabyemo igitero, amakuru akavuga ko zakigabye mu muhana uri hafi n’ahahoze ibitaro bikuru bya Mikenke ibiheruka kwimurirwa mu Gipupu mu Mibunda ahatuwe n’Ababembe.

Ubuhamya bugira buti: “Tubyukiye ku bitero bikomeye hano hafi n’i bitaro bya Mikenke.”

Kuri ubu imbunda ziremereye n’izoroheje n’izo zirimo kumvikana mu bice byose by’iki gice. Ndetse n’abari mu Minembwe bavuga ko bari kumva urusaku rwazo, nk’uko babwiye Minembwe Capital News, umwe yagize ati: “Hari kumvikana ibibunda binini. Ni Mashin Gun n’izindi nka Kibariga n’amakompola ya ARPG.”

Nk’uko aya makuru abigaragaza ni uko Twirwaneho yahise yerekeza muri icyo gice ikaba ari yo iri guhungana n’uruhande rwa Leta rwateye.

Ni amakuru anagaragaza ko uru ruhande rwa Leta rwagabye iki gitero, rwaturutse mu nshe za Gipupu no mu bindi bice byo mu Cyohagati.

Nyamara andi makuru yo ku ruhande avuga ko Twirwaneho na M23 kubera umuhati wabo barwana kinyamwuga batangiye kwegura uru ruhande ru rwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa, kuko igitero ngo cya teye hafi n’ibitaro, abakigabye bari kurwana basubira za Gipupu nubwo imirwano igikomeje ku mpande zombi.

Ariko kandi no mu busanzwe ntaho biravugwa ko uruhande rwa Leta ko rwirukanye Twirwaneho na M23, kuva izi ntambara zubura.

MCN turakomeza gukurikirana iyi nkuru.

Tags: FardcIbiteroMikenke
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Iby'akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Igitero ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke cyaguyemo umusirikare mukuru...

Read moreDetails

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza. Ibitero ihuriro ry'Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo zagabye mu duce dutuwe n'Abanyamulenge two mu Mikenke ho muri secteur...

Read moreDetails

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace. Nyuma y'aho FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y'Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23...

Read moreDetails

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye. Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari...

Read moreDetails

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
1
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila. Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mu 2018, Sena...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?