Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

You might also like

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari akiri Perezida, yatawe muri yombi.

Ni hagati muri iki cyumweru Brigadier General Banywesize inzego zishinzwe umutekano za muhagaritse.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko Banywesize yahamagajwe kwitaba muri DEMIAP, urwego rushyinzwe iperereza, agezeyo ahita atabwa muri yombi.

Nyuma y’aho atawe muri yombi nta kindi kiraja hanze.
Si Banywesize watawe muri yombi gusa, kuko kandi iyi Leta yafashe na Martin Kabwelulu wigeza nawe kuba minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye yagaciro. Kandi na we hari igihe cya Joseph Kabila Kabange.

Ihuriro rya mashyaka rya FCC(Front Commun Pour Le Congo) rishigikiye Joseph Kabila rikaba rinafite n’imyamya mu nteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ryahise ryamagana itabwo muri yombi rya Kabwelulu Martin wafashwe mu ijoro ryo ku itariki ya 21/05/2025 we n’umugore we i Kinshasa.

Rivuga ko abateye kwa Kabwelulu Martin, bahateye mu masaha y’ijoro, maze ngo bamutwarana n’umugore we, ndetse ngo bajanwa ahantu hatazwi. Ubundi kandi ngo bakwa n’amatephones yabo, kuko kuva bafashwe ntawe uranavugisha.

FCC igasaba ko Kabwelulu n’umugore we barekurwa. Ivuga kandi ko uburyo bafashwemo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo.

Uyu Kabwelulu ufungiwe ahatazwi, yari umwe mu bagize biro Politiki y’ihuriro rya FCC.

Ibyo bibaye mu gihe Abasenateri b’iki gihugu bafashe umwanzuro wo gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa, kuko yarafite icyubahiro kimwemerera kuba Senateri ubuzima bwe bwose kuva avuye ku ngoma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kugira ngo inkinko zibone ububasha bwo ku mukurikirana kubyaha ashinjwa birimo kuba ashigikira umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’ibyaha by’intambara.

Tags: KinshasaPierre BanywesizeYatawe muri yombi
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Iby'akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Igitero ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke cyaguyemo umusirikare mukuru...

Read moreDetails

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza. Ibitero ihuriro ry'Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo zagabye mu duce dutuwe n'Abanyamulenge two mu Mikenke ho muri secteur...

Read moreDetails

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace. Nyuma y'aho FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y'Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23...

Read moreDetails

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
1
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila. Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mu 2018, Sena...

Read moreDetails

FARDC yagabye igitero mu Mikenke mu baturage.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yagabye igitero mu Mikenke mu baturage.

FARDC yagabye igitero mu Mikenke. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rigizwe na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo ryazindutse ribagaba ibitero ku Banye-Congo bo mu bwoko...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?