• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

You might also like

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari akiri Perezida, yatawe muri yombi.

Ni hagati muri iki cyumweru Brigadier General Banywesize inzego zishinzwe umutekano za muhagaritse.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko Banywesize yahamagajwe kwitaba muri DEMIAP, urwego rushyinzwe iperereza, agezeyo ahita atabwa muri yombi.

Nyuma y’aho atawe muri yombi nta kindi kiraja hanze.
Si Banywesize watawe muri yombi gusa, kuko kandi iyi Leta yafashe na Martin Kabwelulu wigeza nawe kuba minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye yagaciro. Kandi na we hari igihe cya Joseph Kabila Kabange.

Ihuriro rya mashyaka rya FCC(Front Commun Pour Le Congo) rishigikiye Joseph Kabila rikaba rinafite n’imyamya mu nteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ryahise ryamagana itabwo muri yombi rya Kabwelulu Martin wafashwe mu ijoro ryo ku itariki ya 21/05/2025 we n’umugore we i Kinshasa.

Rivuga ko abateye kwa Kabwelulu Martin, bahateye mu masaha y’ijoro, maze ngo bamutwarana n’umugore we, ndetse ngo bajanwa ahantu hatazwi. Ubundi kandi ngo bakwa n’amatephones yabo, kuko kuva bafashwe ntawe uranavugisha.

FCC igasaba ko Kabwelulu n’umugore we barekurwa. Ivuga kandi ko uburyo bafashwemo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo.

Uyu Kabwelulu ufungiwe ahatazwi, yari umwe mu bagize biro Politiki y’ihuriro rya FCC.

Ibyo bibaye mu gihe Abasenateri b’iki gihugu bafashe umwanzuro wo gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa, kuko yarafite icyubahiro kimwemerera kuba Senateri ubuzima bwe bwose kuva avuye ku ngoma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kugira ngo inkinko zibone ububasha bwo ku mukurikirana kubyaha ashinjwa birimo kuba ashigikira umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’ibyaha by’intambara.

Tags: KinshasaPierre BanywesizeYatawe muri yombi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z'u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke Nyuma y'aho Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n'iz'u Burundi hamwe n'imitwe yitwaje intwaro irimo...

Read moreDetails

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n'Ingabo z'u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ririmo FARDC, FDLR, ingabo z'u...

Read moreDetails

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b'ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane...

Read moreDetails

Uwateye ku Bilalombili no mu Rugezi yasubijwe inyuma

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Uwateye ku Bilalombiri no mu Rugezi yasubijwe inyuma Ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo byazindutse bigabwa mu bice bya Bilalombiri mu Mikenke muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?