• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in sport & entertainment
0
Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.

You might also like

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

Umusesenguzi avuga ko Urukundo Abanyamulenge bagiraga rwariyongereye ruva k’urugero rw’urukundo rwa kivandimwe, kuri ubu bakaba bageze k’urugero rw’urukundo rw’lmana .

Ntese gute?

Yavuze ko kera kose uwabaga ashonje mu Banyamulenge ku mufungurira byarihutirwaga kubera ko byakorwaga nk’umuhango, ngo kuko icyo gihe ntacyo ngo bari babuze bari batunze byinshi; inka zarabyaraga, imirima yareraga kandi ntibororeraga kugurisha ahubwo ubworozi bwabo bwateguriraga umwana uzabavukamo, kugeza ku buvivi. Ari nayompanvu uwo bagiriraga neza basaga naho ineza bamugiriye arisanzwe kuko kugira neza kwabo kwari nk’umuco.

Nubwo uyu muco usa n’ukomoka kure mbese ku bisekuruza byabo, ariko uwurebeye mu yandi moko yaba ayo bari baturanye ndetse ukambuka n’imbibe (mu Burundi no mu Rwanda) nta bandi wa wusanganaga.

Uyu munsi rero Inka zari ubutegetsi bwabo bifashishaga mu gutegura ejo habo heza, no kugira neza, zarashize, kuko Leta y’i Kinshasa yarazinyaze ibinyujije kuri Mai Mai, imirima ndetse no kutaba mu gihugu kubera ingaruka z’intambara, nta kindi bishingikirizaho kugira bagaragaze ibyo bakoraga byo kugira neza, n’iyo mpamvu ubu twavuga ngo ubu muri bo abakibigerageza bagize urukundo rw’lmana. Imiryango yabo Banyamulenge ku bwinshi ituye mu mijyi(ville), kandi nta kindi kiyibeshejeho n’ugukundana kubabamo.

Umukire wo muri bo hari ubwo usanga atunze umukene wo mu muryango atavukamo (akishurira abana atazi ishuri, akabahahira cyangwa aka mw’ishurira inzu).

Uyu musesenguzi ariko wiyise “nyanaka,” kuko yanze ko amazina ye aja hanze, yavuze ko kuri we abona ko urwandiko rw’Abakorinto ba mbere 1:26-27, ari Abanyamulenge Paul yavugaga.

Ntese gute? Kuko aho handitse ngo “Ndasaba benewacu (Abanyamulenge) kuzirikana guhamagarwa kwabo yuko ab’ubwenge bahamagawe ataribenshi, n’impfura z’iyisi zahamagawe atarinyinshi, ahubwo lmana yatoranije abaswa bomw’isi (ntibari barize mbese abize bo muribo baribake, ntibari bazi gutura mu mazu y’amagorofa ndetse no kugendera mu miduga no kuyitwara; byarigishitsi kuribo) kugirango ikoze isoni abanyabwenge, kandi yatoranyije ibinyantegenke byo mw’lsi. lmana yabikoze kugirango ikoze isoni ibinyembaraga.

Rero kubwe, akavuga ko yibaza ko harabatekereza ko urukundo muribo rwamazwe ahari na politiki bivanzemo, ariko nyamara ngo nubwo ibyo bitaribimenyerewe bikaba biriho kuri none, ngo nti birigera bibasha gukuraho urukundo rwabo, gusa ahamya ko bizabasaba kongera kwigisha abantu kumenya uko bitwara mu bihe bagezemo.

Umusesenguzi avuga ko no mu butayu usomye amakuru y’ Abisirayeri usanga nabo baritotombye bituma abakuze bo muribo batagera mu gihugu cy’isezerano, ariko kubera ko urubyiruko rutari murayomanyanga lmana yaruhurukije muri icyo gihugu cy’amasezerano.

Bivuze ko ingorane ku Banyamulenge nuko urubyiruko ruri kwitwara nabi muri iki gihe, mbese bagashaka gushigikira inzira yo kwirema ibice, aho umusore yita mu genzi we umwanzi n’andi mazina atandukanye.

Ibi nu buyobe bufitwe n’abantu bake ariko abandi mwirinde murangwe n’umuco w’abasogokuruza bakera.
Umunyamulenge n’umwe kandi azahora arumwe.

Abari mu bihugu byo hanze yu mugabane wa Afrika, muzagume mutangaze abo bazungu ku muco w’ubumwe no gufashanya. Abakiri muri Afrika namwe mukomerezeho.

Abakuru barayamaze ngo “uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera.”

Tags: AbanyamulengeImanaUrukundo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails

Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

by minebwenews
August 26, 2025
0
Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

Kenny G agiye gususurutsa ab'i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka. Umuhanzi w’icyamamare ku rwego rw’isi mu njyana ya Jazz, Kenny G, agiye kuza mu gihugu cya Kenya...

Read moreDetails
Next Post
Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

FARDC, FDLR, Ingabo z'u Burundi na Wazalendo, bahuye n'agasenyguro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?