• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

You might also like

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

Nyuma y’aho Ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na zo ya Wazalendo na FDLR bagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu ishyamba rya Bijabo iyi mitwe yombi yazikubise irazibabaza inazisubiza inyuma.

Bi kubiye mu butumwa bwanditse umwe mu barwanyi bo muri uyu mutwe wa Twirwaneho yaduhaye, aho yavuze ko bababaje kubi ririya huriro ry’Ingabo za Congo ryari ryabagabyeho igitero.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Umwanzi yahunze, kandi ibyo yahuye nabyo ntazabyibagirwa.”

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere, ni bwo ririya huriro ry’ingabo za RDC zagabye kiriya gitero, zikigaba riturutse i Ndondo ya Bijombo no ku mushyashya hasi kwa Mboko.

Ihangana ryabaye hagati y’impande zombi ryamaze amasaha abiri, maze birangira uruhande rwa Leta runeshejwe kandi ruranahunga, nk’uko buriya butumwa bukomeza buvuga.

Bijabo yagabwemo iki gitero n’ishyamba riherereye mu Cyohagati i Mulenge muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Hari amakuru avuga ko iri shyamba ribamo ibirindiro bikaze by’uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, nubwo ntacyo iyi mitwe irabivugaho.
Ibyo bikaba biri mu byatumye iri huriro ry’ingabo za Congo rigaba iki gitero muri icyo gice.

Tags: BijaboIgitero
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, binarangira umukomando wo...

Read moreDetails

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo Umudamu uri mu kigero cy'imyaka 50 yishwe arashwe n'abo bikekwa ko ari wazalendo, akaba yariciwe i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n'abaturage, bihitana abatari bake Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zakoresheje indege z'itagira abapilote za drones, zitera ibisasu...

Read moreDetails

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru Abarwanyi ba Wazalendo bafatanya n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, kurwanya umutwe wa AFC/M23...

Read moreDetails

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika Twagarutse ku magambo abiri akunze kubyutsa imbamutima za benshi ahanini ku Banyamulenge, yavuzwe n'intwari ikomeye kuri ubu bwoko...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ikivugwa kuri Kabila wageze i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?