• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2025
in Conflict & Security
0
Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 27/05/2025, zahuye n’agasenyguro nyuma y’aho zisakiranye n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu misozi ya Rurambo.

Bikubiye mu makuru dukesha abaturiye iki gice cya Rurambo cyabereyemo imirwano ikomeye ariko iba akanya gato, nk’uko babibwiye Minembwe Capital News.

Ni imirwano yabaye ejo ku wa kabiri isaha zirindwi z’amanywa, aho yabereye neza mu gace kitwa mu Majaga ho muri Localite ya Gahororo mu Rurambo teritware ya.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “Gahororo mu gace kayo kitwa mu Majaga, ejo habereye imirwano ikomeye. Gusa yabaye akanya gato hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Congo.”

Ubu buhamya bukomeza buvuga ko uruhande rwa Leta rwayitakarijemo abasirikare bayo benshi ndetse banayamburirwamo imbunda ziremereye zirimo iya Mashin Gun n’izindi nyoya zo mu bwoko bwa AK-47.

Ati: “Twirwaneho yafashe Mashin Gun naza esemuji zitatu.”

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko umu Mai Mai ufite ipeti rya General ko yaba yaraguye muri iyo mirwano witwa Rukemeta nubwo andi makuru avuga ko yakomeretse gusa.

Iyi mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kabiri, ije ikurikira Indi yabaye mu cyumweru gishize aho yo yabereye mu duce twa Kageregere no mu nkengero zatwo.

Kugeza ubu uyu mutwe wa Twirwaneho uracyagenzura hafi igice cyose cya Rurambo nubwo Ingobo z’u Burundi n’iza FARDC n’umutwe wa Gumino zifite utundi duce zibarizwamo.

Tags: ImirwanoMajagaRuramboTwirwaneho
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi Amakuru ubutasi bw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashyize hanze, agaragaza ko...

Read moreDetails

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya

Akarere ka 33 ki ngabo za RDC kahawe umuyobozi mushya Brigadier General Amuli Civiri ni we wagizwe umuyobozi mushya wa karere ka 33 ki ngabo za Repubulika ya...

Read moreDetails

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Amasasu yumvikaniye i Fizi havuzwe Umukomando yasize ahitanye Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo mu bice byo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, binarangira umukomando wo...

Read moreDetails

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
October 22, 2025
0
AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo Umudamu uri mu kigero cy'imyaka 50 yishwe arashwe n'abo bikekwa ko ari wazalendo, akaba yariciwe i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n'abaturage, bihitana abatari bake Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zakoresheje indege z'itagira abapilote za drones, zitera ibisasu...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

Iby'inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy'umutekano muke muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?