• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

You might also like

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Amakuru ava i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahakunze kugabwa ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, kuri ubu hari agahenge nubwo katizewe cyane, nyuma y’aho hamenyekanye ibyo umwanzi waho ari kuhapangira.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye turiya duce mwanzi akunze kugabamo ibitero tw’i Mulenge. Bavuga ko baramutse amahoro ariko ko umwanzi ari gucura imigambi mibi yo kubatera.

Babwiye Minembwe Capital News ati: “Rugezi, Minembwe centre na Mikenke, abantu bose bakinguye birakunda.”

Buriya butumwa bwabo bwanditse bwakomeje bugira buti: “Nubwo iwacu tubyutse amahoro, ariko turi ku motaringa ibyombo by’ihuriro ry’Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Tukumva bari gucura imigambi yo kutugabaho ibitero.”

Ni ibitero ndetse abenshi baturiye Kalingi na Mikenke baraye bazi kobari bubigabweho mu rukerera rwo kuri iki cyumweru. Hari nyuma y’uko bari babwiwe ko ubatera yikisunyirije mu nkengero zutu duce.

Ibitero bikomeye byaherukaga mu ntangiriro z’iki cyumweru mu Rugezi, aho ingabo za Congo zabigabye ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, ariko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ibisubiza inyuma.

Ikindi gitero kidakanganye cyagabwe muri Bicumbi mu gitondo cy’aharejo ku wa gatandatu, na cyo Twirwaneho igisubiza inyuma.

Ibi bitero ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zibikora mu rwego rwo kugira ngo ruhunganye umutekano w’Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Tags: I MulengeIbitero
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 byemaze gushyira umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ry'ihagarikwa...

Read moreDetails

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe Amakuru ava mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko nyuma y'aho Colonel Rubaba Ntagawa ahamagajwe...

Read moreDetails

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?