• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

You might also like

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y’ibitero.

FARDC yagize abo ikumira kwinjira mu gisirikare cyayo.

Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Amakuru ava i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahakunze kugabwa ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, kuri ubu hari agahenge nubwo katizewe cyane, nyuma y’aho hamenyekanye ibyo umwanzi waho ari kuhapangira.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye turiya duce mwanzi akunze kugabamo ibitero tw’i Mulenge. Bavuga ko baramutse amahoro ariko ko umwanzi ari gucura imigambi mibi yo kubatera.

Babwiye Minembwe Capital News ati: “Rugezi, Minembwe centre na Mikenke, abantu bose bakinguye birakunda.”

Buriya butumwa bwabo bwanditse bwakomeje bugira buti: “Nubwo iwacu tubyutse amahoro, ariko turi ku motaringa ibyombo by’ihuriro ry’Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo. Tukumva bari gucura imigambi yo kutugabaho ibitero.”

Ni ibitero ndetse abenshi baturiye Kalingi na Mikenke baraye bazi kobari bubigabweho mu rukerera rwo kuri iki cyumweru. Hari nyuma y’uko bari babwiwe ko ubatera yikisunyirije mu nkengero zutu duce.

Ibitero bikomeye byaherukaga mu ntangiriro z’iki cyumweru mu Rugezi, aho ingabo za Congo zabigabye ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, ariko iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, ibisubiza inyuma.

Ikindi gitero kidakanganye cyagabwe muri Bicumbi mu gitondo cy’aharejo ku wa gatandatu, na cyo Twirwaneho igisubiza inyuma.

Ibi bitero ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zibikora mu rwego rwo kugira ngo ruhunganye umutekano w’Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Tags: I MulengeIbitero
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y’ibitero.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y'ibitero. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, Abanyamulenge bagatuyemo babwiwe ko bari bugabweho ibitero mu...

Read moreDetails

FARDC yagize abo ikumira kwinjira mu gisirikare cyayo.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

FARDC yagize abo ikumira kwinjira mu gisirikare cyayo. Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyakumiriye abashaka kucyiyungaho baturuka mu bice bigenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Brig.Gen. Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi. Umuyobozi mukuru mu byagisirikare w'umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho, Brigadier General Charles Sematama, yatangaje ko abaja kuvumba ikosi y'igisirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo.

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y'Amajyepfo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rigamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b'u Burundi yarekuye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryanyomoje amakuru avuga ko ryarekuye abasirikare...

Read moreDetails
Next Post
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?