• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

You might also like

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Nubwo mu Minembwe no mu nkengero zayo hiriwe amahoro n’ituze, ariko amakuru ava yo avuga ko uyu munsi ku wa kabiri habaye ubukonje budasanzwe.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye aka karere kazwi ho kuba gaherereye mu misozi miremire yo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bagize bati: “Rugezi, Mikenke na Minembwe ni amahoro. Nta hantu na hamwe higeze humvikana urusaku rw’imbunda nk’uko byahoraga.”

Nubwo muri aka karere gasanzwe gatuwe cyane n’Abanyamulenge kiriwe neza uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 17/06/2025, nyuma y’aho mu minsi ishize kagiye karangwamo n’intambara, ariko nyamara ngo kabayemo ubukonje budasanzwe.

Ati: “Haratuje, ariko hari ubukonje bwinshi. Habaye nk’i Ndondo.”

Mu busanzwe mu Minembwe cyane cyane ku Kiziba, i Lundu, Runundu, Kalingi n’ahandi hakunze kuba “indara” muri aya mezi tugezemo, nku kwezi kwa gatandatu n’ukwa karindwi. Bija kugera mu kwa Cyenda imaze gushyiraho.

N’indara ituma imisozi y’uma cyane, ndetse ubundi igatwika n’ibihuru bimera ku misozi no mu bisambu.

Aya makuru akomeza avuga ko “burinze bwira” nta kazuba karashye.

Ibyo byagaragaye i Gakangala, Kalonge, i Lundu, Minembwe centre, Kiziba na Mishashu n’ahandi.

Tags: ImbehoItuzeMinembwe
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro rya Wazalendo n'ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo zisanzwe zifatanya kurwanya ihuriro rya...

Read moreDetails

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi na Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, banyaze amafaranga yaragenewe guhemba Abalimu...

Read moreDetails

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba. Daniel Paluku Kisaka wahoze ari minisitiri w'ubuhinzi n'ubworozi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe...

Read moreDetails

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y'Epfo. Constant Mutamba wabaye minisitiri w'ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ko ari nka Nelson...

Read moreDetails

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n'Ingabo z'u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa. Rumenge Rugeyo umwe m'urubyiruko rw'Abanyamulenge, yasabye amahanga kureka guhugira ku ntambara ibera muri Gaza...

Read moreDetails
Next Post
Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

Iran n'umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?