Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

You might also like

Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Uwahoze ari minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamenyesheje perezida w’iki gihugu, Felix Tshisekedi ko umugambi wo kumujyana mu nk’iko wacuriwe i Kigali mu Rwanda.

Ibi yabimenyesheje Tshisekedi akoresheje ibaruwa ya mwandikiye yo ku mushyikiriza ubwegure bwe.

Ahagana ku itariki ya 17/06/2025, ni bwo Mutamba yeguye, mbere yo kugezwa mu butabera ngo aburane ku cyaha aregwa cyo kunyereza umutungo w’igihugu.

Uyu mugabo ashinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza iri i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Ariko muri iriya baruwa yandikiye perezida Felix Tshisekedi yamubwiye ko nta dorali na rimwe rya Leta yigeze arya.

Akomeza avuga ko u Rwanda ari rwo rwacuze umugambi wo kumushyira hasi bitewe n’imanza yaciriye abayobozi ba AFC/M23, mbere yuko ushyirwa mu bikorwa na bamwe mu bayobozi ba RDC.

Yagize ati: “Nk’umuntu wawe wagize uruhare mu gukurikirana abayobozi bakuru ba AFC/M23, natangajwe no guterwa imbugita mu mugongo binyuze mu mugambi wa politiki bigaragara ko wacuriwe i Kigali ugashyirwa mu ngiro na bamwe muri bagenzi bacu, ugamije guca intege aya mavugurura no gukunda igihugu.”

Hano yasobanuye ko byagaragaye ubwo minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yakoresheje x amwishima hejuru, avuga kandi ko n’abayobozi bo muri AFC/M23 ko bagambiriye ku mwivugana.

Kandi avuga ko ibi abiguyemo nyuma yo gusimbuka kenshi amarozi yagiye ategwa.

Tags: InkikoMutambaumugambiWacuriwe i Kigali
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

by Bruce Bahanda
June 19, 2025
0
Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Iby'ibitero byongeye kugabwa mu duce tw'i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025. Ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye kugabwa mu duce dutandukanye two mu nkengero...

Read moreDetails

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

by Bruce Bahanda
June 19, 2025
0
Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

Havuzwe amakuru y'uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira. I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, ahimuriwe ibiro bikuru by'intara ku ruhande rwa Leta ya Congo, amakuru ava yo avuga ko...

Read moreDetails

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika. Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyataye muri yombi Lieutenant General Jean Claude Yav Kabeya, wabaye inkoramutima ya...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya. Colonel Innocent Kaina uheruka gutangaza ko yashinze umutwe wa gisirikare ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo,...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Abasirikare b'u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje. Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hari Abanyamulenge bahagiriye ikibazo ni mu gihe bafashwe na Wazalendo babakorera...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?