Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Andi avugwa mu Bibobogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Andi avugwa mu Bibogobogo.

You might also like

Iby’u ruzinduko rwa Gen. Makenga muri Kivu y’Amajyepfo.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z’u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru aturuka mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hongeye kuza izindi ngabo z’u Burundi nyuma y’aho izari zihasanzwe zimanutse i Baraka uyu munsi.

Ahagana mu masaha ya kare y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo ziriya ngabo z’u Burundi zabaga mu Bibogobogo zahavuye zerekeza i Baraka.

Bizwi ko izi ngabo zabaga mu makambi abiri, imwe iherereye mu irango rya Ugeafi n’indi iri mu Bipimo.

Umutangabuhamya yavuze ko aya makambi yari yasigaye gutyo, ariko ko uyu mugoroba hongeye kuza abandi basirikare b’u Burundi, kandi ko nabo baturutse i Bakaraka.

Yagize ati: “Igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, iwacu mu Bibogobogo himenye abasirikare benshi b’u Burundi. Baje gusimbura abahahoraga bamanutse mu gitondo cya kare.”

Yongeye kandi ati: “Uko niko bimeze. Kandi na bo bahise basubira muri ya makambi ababo bahoragamo abiri.”

Nta mubare wabo uzwi, ariko uyu waduhaye aya makuru, yavuze ko atari bake, aho yahise avuga ko babarirwa mu magana atatu.

Ati: Nta womenya umubare wabo, ariko ushingiye ku murongo bari bafite, wa babarira muri magana atatu arenga.”

Izi ngabo zije mu gihe mu mpera zakiriya cyumweru, aha mu Bibogobogo havuzwe amakuru y’ibitero. Byavugwaga ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo yatumye ku Banyamulenge ko iri gutegura kubagabaho ibitero.

Ibi byatumye haba ubwoba bwinshi ku baturage bahatuye. Iki gice cya Bibogobogo cyaherukagamo ibitero by’iyi mitwe yibumbiye mu ciswe Wazalendo, inasanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za RDC, mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Icyo gihe Abanyamulenge birwanyeho, ndetse baza gutabarwa n’ingabo za RDC zihakorera hamwe n’iz’u Burundi zahoraga muri aya makambi yavuzwe haruguru, binarangira uru ruhande rwari rwagabye biriya bitero rutsinzwe.

Tags: BarakaBibobogobogoIngabo zu Burundi
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’u ruzinduko rwa Gen. Makenga muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Iby’u  ruzinduko rwa Gen. Makenga muri Kivu y’Amajyepfo.

Iby'u ruzinduko rwa Gen. Makenga muri Kivu y'Amajyepfo. Umugaba mukuru w'Ingabo za ARC igisirikare cy'umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya AFC, General Sultan Makenga, yasuye umuhanda uyu...

Read moreDetails

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z’u Burundi zifite ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge. Umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo kandi n'uwa M23 watangaje ko Ingabo...

Read moreDetails

Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Iby’ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y’Amajyepfo.

Iby'ibiganiro Kabila yagize i Buakavu muri Kivu y'Amajyepfo. Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, aza gusimburwa na Felix Tshisekedi mu mwaka wa 2019, yagiranye...

Read moreDetails

Umusirikare wa FARDC yarikoze yica bagenzi be.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Umusirikare wa FARDC yarikoze yica bagenzi be.

Umusirikare wa FARDC yarikoze yica bagenzi be. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yishe arashe bagenzi be batatu, abandi umuniani arabakomeretsa mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, mu...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Ingabo z'u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye. Abasirikare b'u Burundi bari bagize igihe mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo zahavuye zerekeza umuhanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?