• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Andi avugwa mu Bibobogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Andi avugwa mu Bibogobogo.

You might also like

AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

Amakuru aturuka mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hongeye kuza izindi ngabo z’u Burundi nyuma y’aho izari zihasanzwe zimanutse i Baraka uyu munsi.

Ahagana mu masaha ya kare y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo ziriya ngabo z’u Burundi zabaga mu Bibogobogo zahavuye zerekeza i Baraka.

Bizwi ko izi ngabo zabaga mu makambi abiri, imwe iherereye mu irango rya Ugeafi n’indi iri mu Bipimo.

Umutangabuhamya yavuze ko aya makambi yari yasigaye gutyo, ariko ko uyu mugoroba hongeye kuza abandi basirikare b’u Burundi, kandi ko nabo baturutse i Bakaraka.

Yagize ati: “Igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, iwacu mu Bibogobogo himenye abasirikare benshi b’u Burundi. Baje gusimbura abahahoraga bamanutse mu gitondo cya kare.”

Yongeye kandi ati: “Uko niko bimeze. Kandi na bo bahise basubira muri ya makambi ababo bahoragamo abiri.”

Nta mubare wabo uzwi, ariko uyu waduhaye aya makuru, yavuze ko atari bake, aho yahise avuga ko babarirwa mu magana atatu.

Ati: Nta womenya umubare wabo, ariko ushingiye ku murongo bari bafite, wa babarira muri magana atatu arenga.”

Izi ngabo zije mu gihe mu mpera zakiriya cyumweru, aha mu Bibogobogo havuzwe amakuru y’ibitero. Byavugwaga ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo yatumye ku Banyamulenge ko iri gutegura kubagabaho ibitero.

Ibi byatumye haba ubwoba bwinshi ku baturage bahatuye. Iki gice cya Bibogobogo cyaherukagamo ibitero by’iyi mitwe yibumbiye mu ciswe Wazalendo, inasanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za RDC, mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Icyo gihe Abanyamulenge birwanyeho, ndetse baza gutabarwa n’ingabo za RDC zihakorera hamwe n’iz’u Burundi zahoraga muri aya makambi yavuzwe haruguru, binarangira uru ruhande rwari rwagabye biriya bitero rutsinzwe.

Tags: BarakaBibobogobogoIngabo zu Burundi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika.

AFC/M23 ya cucumiye izo kwa Tshisekedi i Walikale biracika. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryakubitiye kubi i Walikale muri Kivu y'Amajyaruguru ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika...

Read moreDetails

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ritazasubira mu biganiro by'i...

Read moreDetails

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, haguye imvura abaturage barayishimira. Uyu munsi ku wa...

Read moreDetails

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje...

Read moreDetails

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yamaganye iya Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo i Goma hagenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?