• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Imirwano yo gusubiranamo kwa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke, muri secteur y’i Lelenge, teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yaguyemo abatari bake bo muri uwo mutwe barimo n’Umukomanda barangije bata umurambo we mu mugezi.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse Minembwe Capital News yahawe n’abatuye aho iryo subiranamo rya Biroze-Bishambuke ryabereye mu Gitumba.

Ubwo butumwa bugira buti: “Si bintu Mai Mai zo kwa Col-Ngomanzito zasubiranyemo. Ejo ku wa gatandatu bashinguye abayobozi babo babiri.”

Bukongera kandi buti: “No ku mugoroba kandi barashe komanda warebaga mu Gitumba, barangije umurambo we bawuta mu ruzi rurawutwara.”

Iyi mirwano yo gusubiranamo kwa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke yabereye mu Gitumba, yaje ikurikira indi yabereye i Gasiro.

Amakuru agaragaza ko inkomoka y’iri subiranamo ryavuye ku mafaranga uyu mutwe wa Biroze-Bishambuke wa buguje mu isoko ya kane isanzwe iremera i Gasiro.

Ubwo batangiraga kurasana bishe barashe umukobwa w’Umupfulelo ufitanye isano rya bugufi na Col-Ngomanzito umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Biroze-Bishambuke.

Biviramo ku muhorera hicwa n’abarimo na komanda batayo warebaga i Gasiro, aho amakuru avuga ko yapfanye n’abandi basirikare babiri, niko gukomeza kw’iyi mirwano, muri ubwo buryo ikomereza no mu Gitumba, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice akomeza abivuga.

Imbunda ziremereye n’izoroheje zarumvikanye ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatandatu, aho zarimo zumvikanira mu Gitumba no mu nkengero zayo.

Hari n’andi makuru ataragenzurwa neza, avuga ko umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Biroze-Bishambuke ari we Col.Ngomanzito, yahamagajwe i Uvira kuja gusobanura icyo iryo subiranamo rigamije.

Ariko nk’uko byavuzwe ni uko yerekeje i Uvira ku gicamunsi cy’ejo ku wa Gatandatu.

Hagataho, turakomeza gukurikirana aya makuru nk’uko twabibasezeranyije kuri MCN.

Tags: Bamutaye mu ruziKomandaMai Mai
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Conflict Monitoring Report: Burundian Military Expansion and the Security Situation in the Mulenge Highlands

by minebwenews
October 19, 2025
0
Burundian Soldiers in Tshisekedi’s Plan to Wipe Out the Banyamulenge

Background Recent developments in the highlands of Mulenge, South Kivu Province (eastern Democratic Republic of the Congo), reveal a growing presence of Burundian soldiers operating in collaboration with elements of the Congolese national army...

Read moreDetails

Menya uduce turenga 4 Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Menya uduce turenga 4 Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati Igice kizwi nko mu Cyohagati cyo mu misozi miremire y'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?