Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2025
in Conflict & Security
0
Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

You might also like

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Hamenyekane uduce ingabo z’u Burundi zoherejwemo kugira ngo zikore ibitero simusiga kuri AFC/M23.

Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi y Congo zigabye ibitero mu mihana y’Abanyamulenge mu Rurambo, Twirwaneho yarwanye ku baturage maze iziha isomo rikomeye inabambura n’intwaro zirimo iziremereye.

Bikubiye mu butumwa Minembwe Capital News yahawe mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/07/2025, aho ubwo butumwa bugira buti: “Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zari zagabye ibitero mu Banyamulenge. Urugamba rwaberaga mu irango ryo mu Rwikubo.”

Ubu butumwa bukomeza bugira buti: “Kuri ubu aba barwana ku ruhande rwa Leta bahunze, bageze mu Rudefu iyo baturutse bagaba ibitero.”

Usibye kuba abo mu ruhande rwa Leta bakijijwe n’amaguru barahunga, banambuwe n’ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda iremereye ya Twelve n’izindi zo mu bwoko bwa Mashin Gun, ndetse n’izindi ntoya, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abari muri ibyo bice.

Ibi bitero iri huriro ry’Ingabo za RDC zabitangije ku munsi w’ejo ku wa kane, aho zabigabye zivuye mu Masango no mu Rudefu.

Mu gitondo kandi zakomereje biriya bitero muri iki gice cya Rwikubo n’ubundi aho zari zabigabye n’ejo ku wa kane, ariko nk’uko amakuru akomeza abivuga iby’uyu munsi ntibyigeze bizihira, kuko zagihuriyemo n’akaga gakomeye.

Kuri ubu Twirwaneho n’iyo igenzura kariya gace kari kagabwemo ibitero, ndetse n’inkengero zako nyuma y’uko abari bakoze ibyo bitero bahunze.

Ibi bitero ingabo z’u Burundi n’iza Congo zabikoze mu gihe i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by’imishyikirano hagati ya RDC na AFC/M23.

Gusa, amakuru ava yo avuga ko impande ziganira ntizihuriza hamwe ahanini kubyifuzo bya buri ruhande, ariko kandi ibiganiro biracyakomeje.

Tags: Ingabo zu BurundiZakubswe ahababaza
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga. Impunzi z'Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, guverinoma y'iki gihugu igafafa icyemezo cyo kuzimurira mu nkambi ya Rugombo,...

Read moreDetails

Hamenyekane uduce ingabo z’u Burundi zoherejwemo kugira ngo zikore ibitero simusiga kuri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Byinshi ku ngabo za  FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

Hamenyekane uduce ingabo z'u Burundi zoherejwemo kugira ngo zikore ibitero simusiga kuri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirashinja Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo kohereza...

Read moreDetails

Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

Guverineri w'i ntara ya Haut-Katanga yahunze. Guverineri w'intara ya Haut-Katanga muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Jacques Katwe Kyabula, yahunze igihugu nyuma yogutumwaho n'abashinzwe umutekano w'imbere kwitaba i...

Read moreDetails

FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

FARDC n'ingabo z'u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge. Muri wa mugambi muremure wa Leta ya Congo n'iy'u Burundi wo kurimbura Abanyamulenge mu Burasizuba bwa Congo, bawutangije, aho ingabo...

Read moreDetails

Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

Ihuriro ry'abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri. Ihuriro ry'abayobozi ba gakondo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ryareze inama nkuru y'abasenyeri ba kiliziya gatolika bo muri iki...

Read moreDetails
Next Post
Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Icyemezo u Burundi buherutse gufata ku mpunzi, cyatangiye gushyira ubuzima bwazo mukaga.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?