• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

You might also like

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y’amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, bigaragaza ko igifite kugaba ibitero mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge.

Byatangajwe n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yabinyujije kurubuga rwa x, agira ati: “Mu gihe buri wese ahugiye ku gusobanukirwa amahame aganisha ku masezerano y’amahoro, ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bukomeje kohereza abasirikare bayo n’intwaro ziremereye mu bice byinshi bituwe cyane. Ziri kongera kandi ibitero mu mu misozi ya Uvira bugambiriye gutera ahatuwe n’Abanyamulenge mu Rurambo.”

Uyu muvugizi avuga ko ibyo bitero birimo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, ngo bikaba bigira ingaruka zo kugwamo umubare munini wa basivili, ndetse kandi bikanatuma ibintu birushaho kuba bibi no kugira ingaruka ku bantu benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, perezida Felix Tshisekedi yategetse ko hoherezwa abasirikare 60.000 mu Burasirazuba bwa Congo mu byafashwe nko kwitegura intambara yo kongera kwisubiza imijyi ya Bukavu na Goma igenzurwa na AFC/M23.

Ibi rero byamaganywe na AFC/M23 , ivuga ko iki cyemezo Leta yafashe gishyira mukaga ubuzima bw’abaturage, kandi ko ari nko kwibasira inyoko muntu.

Umuvugizi wa AFC/M23 yanasobanuye ko ingabo za Congo zimwe zoherejwe mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo, nanone ngo izindi zoherezwa mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?