Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 21, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

You might also like

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y’amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare bayo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, bigaragaza ko igifite kugaba ibitero mu bice bituwe cyane n’Abanyamulenge.

Byatangajwe n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yabinyujije kurubuga rwa x, agira ati: “Mu gihe buri wese ahugiye ku gusobanukirwa amahame aganisha ku masezerano y’amahoro, ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bukomeje kohereza abasirikare bayo n’intwaro ziremereye mu bice byinshi bituwe cyane. Ziri kongera kandi ibitero mu mu misozi ya Uvira bugambiriye gutera ahatuwe n’Abanyamulenge mu Rurambo.”

Uyu muvugizi avuga ko ibyo bitero birimo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, ngo bikaba bigira ingaruka zo kugwamo umubare munini wa basivili, ndetse kandi bikanatuma ibintu birushaho kuba bibi no kugira ingaruka ku bantu benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, perezida Felix Tshisekedi yategetse ko hoherezwa abasirikare 60.000 mu Burasirazuba bwa Congo mu byafashwe nko kwitegura intambara yo kongera kwisubiza imijyi ya Bukavu na Goma igenzurwa na AFC/M23.

Ibi rero byamaganywe na AFC/M23 , ivuga ko iki cyemezo Leta yafashe gishyira mukaga ubuzima bw’abaturage, kandi ko ari nko kwibasira inyoko muntu.

Umuvugizi wa AFC/M23 yanasobanuye ko ingabo za Congo zimwe zoherejwe mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo, nanone ngo izindi zoherezwa mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: AbanyamulengeIbiteroRdc
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Leta y'i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw'igihugu. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo igarure amahoro...

Read moreDetails

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'aho AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa bishyize umukono ku masezerano y'amahoro, izi mpande zombi zahise zitangira...

Read moreDetails

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y'isinywa ry'amasezerano. Nyuma y'amasaha make gusa, Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, bishyize umukono...

Read moreDetails

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi. Umuyobozi w'urubyiruko rwo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yishwe arashwe na barwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bakorana byahafi...

Read moreDetails

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majywi y’abashaka kwica Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majwi y'abashaka kwica Tshisekedi. Vital Kamerhe uyoboye inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuzwe mu bantu bashakaga...

Read moreDetails
Next Post
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?