Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 27, 2025
in Conflict & Security
0
Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

You might also like

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

Umutwe wa Twirwaneho uyobowe na Freddy Kaniki Rukema, ukaba ukorera muri Kivu y’Amajyepfo, watangaje ko hari abarwanyi ba FDLR batorejwe mu Burundi, bukanabaha n’intwaro kugira ngo baje gutsemba Abanyamulenge mu misozi ya Uvira, Fizi na Mwenga.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa Twirwaneho washyize hanze ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 25/07/2025.

Mu itangazo ryawo ritweho umukono n’umuvugizi wayo Welcome Kamasa Ndakize, ritangira rigira riti: “FDLR boherejwe ku bwinshi mu duce twa Luvungi, Lubarika, Rurambo na Minembwe, bivanga n’imitwe yaho ya Wazalendo n’abasirikare ba FARDC.”

Rikomeza riti: “Iri huriro risanzwe rigaba ibitero ku Banyamulenge, rigatwika inzu, rikanasahura amatungo, ndetse rikanafunga n’inzira z’ubutabazi.”

Uyu mutwe ukomza uvuga ko mu gihe hakomeje umugambi wo gutsemba Abanyamulenge, ufite uburenganzira bwo gufata ingamba mu rwego rwo kurinda abasivili n’amatungo yabo.

Hejuru y’ibyo, uyu mutwe wavuze ko umuryango mpuzamahanga utari ukwiye gukomeza guceceka mu gihe nk’iki, kandi ubona Leta zibiri iya RDC n’iy’u Burundi zitegura gutsemba Abanyamulenge.

Tags: FDLRTwirwanehehoU BurundiYavuze
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa. Ubushinjacyaha bw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwasabye urukiko rukuru rwa Kinshasa gukatira François Beya wabaye umujyanama wihariye wa perezida...

Read moreDetails

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho. Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyahakanye ibyo umutwe wa Twirwaneho ugishinja by'uko gitoza abarwanyi ba FDLR kugira ngo bice...

Read moreDetails

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Radio Okapi ku mpamvu z'uko ikunze gutangaza amakuru avuga nabi iri huriro rigenzura igice kinini cy'u...

Read moreDetails

AFC/M23 yamaganye yivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abasivili, ivuga n’icyo igiye gukora.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

AFC/M23 yamaganye yivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abasivili, ivuga n'icyo igiye gukora. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye ubwicanyi bwakorewe abaturage, bikozwe n'umutwe wa ADF mu ntara ya...

Read moreDetails

Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa. Umutwe w'iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, ariko ukaba ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wiciye abantu...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubivugwa ko izava i Goma n'i Bukavu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?