• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibikorwa bya gisirikare bya AFC/M23 biri kurushaho kwiyongera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 30, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibikorwa bya gisirikare bya AFC/M23 biri kurushaho kwiyongera.

You might also like

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, riravugwaho kuba ryongeye gukaza umurego mu gace ko muri grupema ya Ikobo muri teritware ya Walikale.

Bivugwa ko ku wa kabiri w’ejo hashize, abasirikare ba AFC/M23 boherejwe ku bwinshi n’intwaro nyinshi mu gace ka Kateku.

Aya makuru akomeza avuga ko aka gace kari muri kamwe gashobora gufasha bariya basirikare gufata ibindi bice byo muri teritware ya Walikale.

Ku rundi ruhande bikavugwa ko aba basirikare ba AFC/M23 ko baba bashaka kwigarurira umujyi wa Pinga.

Nanone kandi utundi duce bivugwa ko ibikorwa bya gisirikare bya AFC/M23 byiyongereye, ni muri Rusamambu na Bukumbirwa.

Ibi ngo bikaba byatumye Leta igirwa inama yokongera ingamba z’ubwirinzi mu bice bikikije uriya mujyi wa Pinga n’ahandi.

Hagataho, ibi birimo kuvugwa mu gihe Leta ya Congo iheruka gushyira umukono ku mahame azagenga amasezerano bazagirana agamije gushyiraho iherezo ry’intambara imaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bw’igihugu.

Ariko nubwo hasinywe aya mahame, ubutegetsi bw’i Kinshasa bwo bwakomeje kugaragaza ko bugikomeye ku nzira z’imirwano, ni mu gihe igikomeje kugaba ibitero mu duce ahanini dutuwe n’Abanyamulenge n’utubarizwamo ibirindiro bya Twirwaneheho na M23 muri Kivu y’Amajyepfo ndetse kandi no muri Kivu y’Amajyaruguru na yo ituwe n’abatari bake bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Tags: AFC/m23PingaWalikale
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umugabo yakubiswe byo gupfa,nyuma y'aho akoze igikorwa kigayitse. Umugabo w'Umunye-Congo uri mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 45 na 40, yafashe kungufu umwana w'umukobwa uri munsi y'imyaka 15,...

Read moreDetails

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi. Abashinzwe umutekano w'umujyi wa Goma, mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 bataye muri yombi umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza...

Read moreDetails

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Iby'umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi. Mu Gisambu giherereye hagati ya Kalingi na Mikenke ho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w'Umuntu bigaragaza ko...

Read moreDetails

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w'intebe. Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w'ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye ko urukiko rumuburanisha rutumiza minisitiri w'intebe, Juduth Suminwa....

Read moreDetails

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

Abasirikare benshi b'u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho. Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare...

Read moreDetails
Next Post
Botswana igiye kubaka umujyi ugezweho mu butayu.

Botswana igiye kubaka umujyi ugezweho mu butayu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?