• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 2, 2025
  • Login
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo yakubiswe byo gupfa,nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

You might also like

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Umugabo w’Umunye-Congo uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 45 na 40, yafashe kungufu umwana w’umukobwa uri munsi y’imyaka 15, arangije ku mwonona, aramwica.

Iki gikorwa kibi kigayitse, cyabereye i Kamituga muri Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bivugwa ko byabaye uyu munsi tariki ya 01/08/2025, ku isaha za wo z’igitondo.

Umwe mubageze aho byabereye yagize ati: “Umugabo yafashwe n’igipolisi, nyuma y’aho afashe kungufu, umwana w’umukobwa muto cyane.”

Yakomeje agira ati: “Nyuma yo ku mwonona, yamwishe, ndetse ara na muhamba.”

Umwana w’umukobwa wafashwe ku ngufu, amakuru avuga ko yarafite imyaka 13 y’amavuko.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga, uriya mugabo amaze gufatwa n’inzego zishinzwe umutekano, za muhambiriye, ubundi zimuhata ibiti byinshi.

Amashusho yagiye hanze, amugaragaraza arimo kuva ururaso rwinshi mu mutwe no kubindi bice by’umubiri.

Hari nyuma y’uko ngo yari amaze gukubitwa inkoni.
Kuri ubu afungiwe kuri station ya polisi yo muri ibyo bice.

Tubibutsa ko Kamituga yabereyemo icyo gikorwa kigayitse, igenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: KamitugaKungufuYakubiswe ahindurwa intera
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi. Abashinzwe umutekano w'umujyi wa Goma, mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 bataye muri yombi umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza...

Read moreDetails

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Iby'umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi. Mu Gisambu giherereye hagati ya Kalingi na Mikenke ho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w'Umuntu bigaragaza ko...

Read moreDetails

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w'intebe. Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w'ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye ko urukiko rumuburanisha rutumiza minisitiri w'intebe, Juduth Suminwa....

Read moreDetails

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

Abasirikare benshi b'u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho. Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare...

Read moreDetails

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

by Bruce Bahanda
July 31, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo, rivuga ko iri gutegura intambara ikomeye. Bikubiye mu...

Read moreDetails
Next Post
Mitali wabayeho minisitiri wa siporo mu Rwanda yitabye Imana.

Mitali wabayeho minisitiri wa siporo mu Rwanda yitabye Imana.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?