• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hatangajwe impinduka nshyasha zigiye gukorwa ku mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2025
in Conflict & Security
0
Hatangajwe impinduka nshyasha zigiye gukorwa ku mujyi wa Goma.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe impinduka nshyasha zigiye gukorwa ku mujyi wa Goma.

You might also like

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

Ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umujyi wa Goma ugiye kugabanywamo komine enye.

Byagarutsweho na guverineri w’iyi ntara, Erasto Musaga Bahati, mu kiganiro aheruka kugirana n’abaturage bo muri ibyo bice.

Muri icyo kiganiro, yababwiye ko izo Komine, ko hari iya Karisimbi, Mugunga na Lac-Vert.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryigaruriye uyu mujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, nyuma y’aho riwurukanyemo ingabo za RDC n’abambari bazo.

Iyi gahunda y’iri huriro rya AFC/M23, yo gushyiraho komine enye mu mujyi wa Goma, yafashwe mu gihe akarere hafi ya kose kari mu maboko yaryo, ndetse abarishyigikiye bavuga ko igamije kwegeranya ubuyobozi n’abaturage kugira ngo babashe kubukurikira no kubwibonamo kurushaho.

Tags: AFC/m23GomaImpinduka
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abakogabye bagaragaje ahandi bashaka gutera. Ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muciswe Wazalendo yazindutse igaba igitero mu nkengero za centre ya...

Read moreDetails

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana. Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana nyuma y'aho abasirikare b'u Burundi na ba Congo bemeye kuziherekeza na bungeri bazo, maze ngo barabukwe Mai...

Read moreDetails

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

FCC yagize icyo ivuga nyuma y'aho Kabila atangiye kuburanishwa. Ihuriro ry'amashyaka rya Front Commun pour le Congo, FCC, ryatangaje ko ritewe impungenge n'umwuka mubi wa Politiki uri muri...

Read moreDetails

FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.

FARDC n'abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y'Epfo. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye. Willy Mulumba, ari we ambasaderi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Burundi, arashinjwa gukorana n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?