• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2025
in Conflict & Security
0
Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

You might also like

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana nyuma y’aho abasirikare b’u Burundi na ba Congo bemeye kuziherekeza na bungeri bazo, maze ngo barabukwe Mai Mai bakizwa n’amaguru.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yahaye Minembwe Capital News mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05/08/2025.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Mai Mai yapfukiye hato kunyaga inka, zari kuri Matunda, kuko yahagabye igitero yirukana abungeri bazo ibarenza ku Kavumu.”

Bukomeza buti: “Aba bungeri b’i nka bari kumwe n’abasirikare b’u Burundi na FARDC baba mu Bibogobogo bari baziherekeje, kugira ngo ziragiriwe, ariko bari rutse sinokubwira.”

Aka gace ka Matunda Mai Mai yagabyemo igitero kubatseho n’amashuri abanza, Ep-Matunda ya Kesho, ni agace kunamiye Kagugu ituwe n’Ababembe bayobowe n’Umuchef witwa Itulo.

Igitangaje, ubu butumwa banagaragaza ko aba basirikare b’u Burundi bahunze ntibigera bakura n’urusasu rumwe mu mbunda zabo.

Ati: “Bariya basirikare b’u Burundi na FARDC uzi ko bahunze batarashe n’urusasu rumwe. Byaradutangaje.”

Hagataho, nta nka yanyazwe, kuko abungeri baje kwirwanaho bahungisha Inka zabo, ubundi Mai Mai na yo isubira inyuma.

Ati: “Imana yarwanye ku bungeri, kandi ibarindira n’Inka zabo barokokana nazo.”

Ibyo byabaye mu gihe iki gice kitaherukagamo imirwano, kuko yabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka; usibye ko mu kwezi kwa kane nabwo havuzwe amakuru menshi yavugaga ko Mai Mai iri gutegura kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ariko ibi byavugwaga na Mai Mai kuko ni yo yabatumagaho ko yenda kubatera.

Kugeza ubu iki gice cya Bibogobogo giherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kiracyagenzurwa n’uruhande rwa Leta, kirimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi ndetse na Wazalendo ari bo Mai Mai.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiInka zakiriya ahamanaMaï Maï
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y'ibisasu yateye Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagaragaje ubushake buke bwo kugirana amahoro n'ihuriro...

Read moreDetails

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23 binyuze ku muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda yasubije abavuga ko iri huriro rishaka...

Read moreDetails

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye Colonel Rubaba Ntagawa wahamagajwe igitaraganya na Komanda secteur i Baraka ahazwi nk'umurwa mukuru wa teritware ya Fizi mu ntara ya...

Read moreDetails

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?