• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

You might also like

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryanyomoje amakuru avuga ko ryarekuye abasirikare b’u Burundi abo ryafatiye kurugamba bahanganyemo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’uyu mutwe wa AFC/M23 mu kiganiro bwagiranye n’itangazamakuru hagati muri iki cyumweru turimo.

Uyu mutwe wahakanye aya makuru mu gihe mu ntangiriro z’i cyumweru gishize byagiye bitangazwa kenshi ko warekuye aba basirikare b’u Burundi ubaha igihugu cyabo. Icyo gihe byavugwa ko wabarekuye nyuma y’ubw’umbikane bw’impande zombi.

Bikaba byari bisanzwe bizwi ko M23 yafashe abasirikare benshi b’iki gihugu cy’u Burundi, abo yagiye ifatira mu mirwano itandukanye, ahanini yaberaga muri za teritware ya Masisi na Rutshuru mu mpera z’umwaka wa 2024.

Muri kiriya kiganiro uyu mutwe wa AFC/M23 wemeje ko ufite aba basirikare ariko ko igihe cyo kubarekura kitaragera kandi ko nikigera bizatangazwa nk’uko ihora ibikora.

Uvuga ko ibyavuzwe kuri aya makuru ari ibibuha byambaye ubusa.

Umubare w’abasirikare AFC/M23 yafatiye ku rugamba ntuzwi, ariko nk’uko wagiye ubitangaza kenshi wagaragazaga ko ari benshi.

Amashusho yagiye hanze ubwo waberekanaga ku mugaragaro mu mpera z’umwaka ushize, wabagaragazaga ari benshi, ndetse yewe bakubise n’umusozi bawuzuye.

Imyaka itatu irashyize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza Congo kurwanya uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, kimweho gusa, izi ngabo ntacyo zihindura kuko iyi mitwe yombi ikomeza kwagura ibirindiro byabo uko yishakiye.

Yazirukanye i Masisi, Rutshuru, Goma no mu mujyi wa Bukavu, Minembwe n’ahandi.
Kuri ubu zihagarariye i Uvira mu ntera ngufi uvuye i Bujumbura mu Burundi iyo yazaje zituruka.

Tags: AbarundiabasirikareAFC/m23Warekuye
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 byemaze gushyira umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ry'ihagarikwa...

Read moreDetails

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe Amakuru ava mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko nyuma y'aho Colonel Rubaba Ntagawa ahamagajwe...

Read moreDetails

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?