• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

minebwenews by minebwenews
August 11, 2025
in sport & entertainment
0
Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Cristiano Ronaldo yashyingiranwe n’umukunzi we nyuma y’imyaka 9 bari murukundo rukomeye!

You might also like

Vestine na Dorcas batangaje urugendo rwabo rwa mbere muri Canada

Israel Mbonyi yamuritse album y’amateka

Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez baribamaze imyaka 9 bari murukundo, ubu amakuru yizewe avugako bamaze gushyingiranwa byemewe n’amategeko.

Uyu mukunzi wa Christiano, ari we Georgina, aya makuru avuga ko yahoze akora mu iduka rya Gucci i Madrid, ni we mukunzi wa Christiano Ronaldo bahuriye mu rugendo rw’urukundo rwabo rukomeye.

Mu myaka 9 bari bamaze babana ariko bitemewe n’amategeko, bayibyaranyemo abana babiri, ndetse Georgina arera n’abandi batatu bari mu muryango wabo. Ubu nyuma y’urukundo rurambye, Ronaldo yamusabye kumubera umufasha, kandi amakuru yaturutse mu binyamakuru bikomeye avuga ko bamaze kwambikana n’impeta z’agaciro.

Ronaldo akinira ikipe ya Al-Nassr yo muri Arabiya Sawudite, aho kuri ubu iwe na Georgina bamaze kwimukira yo.

Iyi nkuru ikomeza yerekana uburyo urukundo rwabo rwubatse ku rukundo, kwizerana no kubaka umuryango ukomeye.

Ni urugero rwiza rw’uko abakinnyi bakomeye bashobora kugira ubuzima bwite buzira amakemwa kandi burangwa n’urukundo ruhamye.

Tags: ChristianGeorgiaYashingiwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Vestine na Dorcas batangaje urugendo rwabo rwa mbere muri Canada

by Bahanda Bruce
October 8, 2025
0
Vestine na Dorcas batangaje urugendo rwabo rwa mbere muri Canada

Vestine na Dorcas batangaje urugendo rwabo rwa mbere muri Canada Abahanzi b’abavandimwe Vestine na Dorcas, bazwi cyane mu muziki wa Gospel mu Rwanda, batangaje urugendo rwabo rwa mbere...

Read moreDetails

Israel Mbonyi yamuritse album y’amateka

by Bahanda Bruce
October 8, 2025
0
Israel Mbonyi yamuritse album y’amateka

Israel Mbonyi yamuritse album y'amateka Kuwa 5 zukwezikwa cumi 2025, Intare Conference Arena yahindutse ahantu h’imbonekarimwe ubwo umuhanzi Israel Mbonyi yamurikaga ku mugaragaro album ye ya gatandatu yise...

Read moreDetails

Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

by Bahanda Bruce
September 29, 2025
0
Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

Isi yose ibireba amateka y'iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y'amagare yakurikiwe bidasanzwe Mu isiganwa ryagaragayemo amazina ayoboye ayandi mu mukino w'amagare, Tadej Pogacare, w'Umunya-Slovania ni we...

Read moreDetails

Umuhanzi wa Gospel Nkomezi urimubakomeye mu Rwanda yavuze icyo ahishiye abakunzi biwe

by Bahanda Bruce
September 22, 2025
0
Umuhanzi wa Gospel Nkomezi urimubakomeye mu Rwanda yavuze icyo ahishiye abakunzi biwe

Umuhanzi wa Gospel Nkomezi urimubakomeye mu Rwanda yavuze icyo ahishiye abakunzi biwe Prosper Nkomezi ni umuhanzi w’Umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya gospel, avuka i Mulenge mu ntara...

Read moreDetails

Vinícius Júnior yaba ari mu Muryango usohoka muri Real Madrid?

by Bahanda Bruce
September 22, 2025
0
Vinícius Júnior yaba ari mu Muryango usohoka muri Real Madrid?

Vinícius Júnior yaba ari mu Muryango usohoka muri Real Madrid? Amakuru ari kuvugwa muri Espagne no hanze yayo arerekana ko Vinícius Júnior, umwe mu bakinnyi bakomeye ba Real...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

Mu Bibogobogo bararanye amakuru mabi y'ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?