• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 22, 2025
in Conflict & Security
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

You might also like

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Inka zibarirwa ku munani z’u mugabo witwa Foma Hagaba wo mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zaraye ziburiwe irengero nyuma y’aho Mai Mai yabanje gufata abungeri bazo, ariko ikaza kubarekura, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ku gicamunsi cy’ejo ku wa kane tariki ya 21/08/2025, Mai Mai ni bwo yafashe abungeri bari baragiye, ariko ikaza kubarekura, nyuma babura zimwe muri za nka bari baragiye, bagakeka ko “iriya Mai Mai yahise izerekeza iyishyamba.”

Amakuru agaragaza ko bari baragiye ahitwa i Marera, aha akaba ari mu gice kigenzurwa n’inyeshyamba za Mai Mai zisanzwe zikorana byahafi n’ingabo za Leta ya RDC n’iy’u Burundi ndetse n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’i Kigali.

Ari na yo mpamvu aba barwanyi bo muri Mai Mai bahise bafata bariya bungeri, batangira kubahata ibibazo.

Muri bimwe mu bibazo bababajije, nk’uko aya makuru akomeza abivuga, babajije impamvu baje kuragira mu gice bagenzura, ubundi kandi babaza uko umutekano wifashe mu Bibogobogo ahagenzurwa n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

Nyuma baje kubarekura ku mugoroba wajoro, ubwo bajaga gukusanya inka babuzemo zimwe, bagakeka ko muri cyagihe bari mu maboko ya Mai Mai Mai bashobora kuba bamwe muri bo barazishoreye.

Gusa, bavuga ko bagerageje gushakisha n’ikirari cyazo kirabura, nk’uko bakomeje babibwira Minembwe Capital News.

Rero, kugeza n’ubu izo nka ntizirabashya kuboneka, ariko igikorwa cyo kuzishakisha cyo kirakomeje.

Tags: BibogobogoInkaYaburiwe Irengero
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

"Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai," ubuhamya bukomeye. Inka umunani z'umugabo w'Umunyamulenge witwa Foma Hagaba, zari zaburiwe irengero kuva ku munsi w'ejo ku wa kane,...

Read moreDetails

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda. Abanyamategeko bakorera mu kwaha ku butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye urukiko rukuru rw'igisirikare cy'iki gihugu guhamya Joseph...

Read moreDetails

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP -Twirwaneho ryagize Minembwe ahazwi nk'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo teritware. Ni cyemezo cyafashwe...

Read moreDetails

AFC/M23 yamaganye HRW yayishinje kwica abasivili.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
AFC/M23 yamaganye HRW yayishinje kwica abasivili.

AFC/M23 yamaganye HRW yayishinje kwica abasivili. Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ryamaganye umuryango wa Human Right Watch yasohoye...

Read moreDetails

FARDC n’abambari bayo bari gukubitirwa kubi i Mwenga.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

FARDC n'abambari bayo bari gukubitirwa kubi i Mwenga. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, riri gukubitwa iza kabwana mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga muri...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?