• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

minebwenews by minebwenews
August 23, 2025
in Conflict & Security
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bibogobogo harabera imishyikirano hagati y’amako ahaturiye.

You might also like

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Mu Bibogobogo hateguwe imishyikirano hagati y’Abanyamulenge Abapfulelo, Abanyindu yewe n’Ababembe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mishyikirano biteguwe ko iza kuba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatandu, aho iza kubera mu muhana neza wa Bibogobogo.

Umwe waho yabwiye Minembwe Capital News ko ibera mu gace kaho kitwa Mugisobe.

Ni mishyikirano amakuru agaragaza ko yateguwe na Colonel Ntagawa uyoboye batayo y’ingabo za FARDC zigenzura iki gice cya Bibogobogo.

Kandi ko yabiteguye afatanyije n’ingabo z’u Burundi ndetse n’abachefs b’impande zose, ba Banyamulenge, Abapfulelo, Abanyindu ndetse n’Ababembe.

Ubundi kandi na Wazalendo bayiraritswemo, ndetse ngo bahanguwe no kuza bitwaje n’imbunda mu rwego rwo kwerekana ko bemerewe kugera no mu bice bituwe n’Abanyamulenge abo bahoraga bahanganye.

Muri iyi mishyikirano ikegenderewe cyane ngo ni ugukangurira buri bwoko kwiyunvamo ubundi, maze ngo bose bagafatikanya kurwanira hamwe barwanya abo bavuga ko bateye iki gihugu.

Bibogobogo iyi igiye kuberamo imishyikirano, imaze kugabwamo ibitero bya Wazalendo birenga imirongo mu myaka umunani ishize Abanyamulenge barashoweho intambara n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Ubu butegetsi bukora biriya bitero bubinyujije mu mitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, iyo bwahinduye ibikoresho byabwo.

Kubera ibyo bitero, imihana y’Abanyamulenge yo muri iki gice ibarirwa mu mirongo yarasenyutse, abantu benshi baricwa, harimo n’ababuriwe irengero, ndetse n’abandi ibihumbi berekeza mu buhungiro.

Sibyo gusa kuko kandi n’amatungo yabo, inka ,ihene n’intama yaranyazwe.

Ariko kugeza ubu iki gice gihanamiye umujyi wa Baraka n’uwa Rusenda kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Tags: BibogobogoImishyikiranoWazalendo
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 byemaze gushyira umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ry'ihagarikwa...

Read moreDetails

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe Amakuru ava mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko nyuma y'aho Colonel Rubaba Ntagawa ahamagajwe...

Read moreDetails

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?