• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2025
in Conflict & Security
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

You might also like

Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

RDC: Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila.

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu duce turi mu nkengero z’umujyi wa Goma ndetse no muri uyu mujyi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko kuri uyu wa mbere tariki ya 25/08/2025, ingabo zo ku ruhande rwa Leta zagabye ibitero mu duce dutuwe cyane twa Kibati, Munigi, Goma no mu bindi bihakikije.

Uyu muvugizi yavuze ko ibyo bitero byahitanye inzira karengane z’abasivili bane abandi batatu barakomereka bikabije.

Yanahamagariye imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu, kugaragaza ibi byaha byibasiye inyokomuntu biriho bikorwa n’ubutegetsi bw’iki gihugu.

Kanyuka yakomeje avuga ko nubwo ibiganiro by’i Doha muri Qatar byasinywemo amahame yo guhagarika imirwano, ariko ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze kubahiriza ibiyakubiyemo, nko kurekura imfungwa zagaragajwe n’iri huriro rya AFC/M23 bafunzwe bashinjwa kurishyigikira.

Avuga kandi ko ubu butegetsi bwakomeje no guta muri yombi no gukatira igihano cy’urupfu abiyemeje gushyigikira iri huriro rya AFC/M23 kuburyo bigeza n’aho bagambiriye kubikorera perezida Joseph Kabila wayoboye iki gihugu.

Ibi bitero Leta ibikoze mu gihe AFC/M23 yari iheruka gutanga impuruza ivuga ko iyi Leta iri gutegura intambara karundura.

Tags: GomaIbiteroInkengero
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

by minebwenews
August 27, 2025
0
Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

Bijombo, Kivu y’Amajyepfo Imiryango ya sosiyete sivile yo muri Bijombo yamaganye bikomeye iyicwa ry’umusore w’Umunyamulenge wakubiswe kandi agafungwa n’abasirikare b’ingabo z’igihugu cy’u Burundi (FDNB), ishinja guverinoma y’u Burundi...

Read moreDetails

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15. Abasirikare bakuru bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ubushinjacyaha bw'igisiriakare cy'iki gihugu bwabasabiye gufungwa imyaka 15. Ku wa...

Read moreDetails

RDC: Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC:Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila. Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo wahoze ari minisitiri w'intebe wa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

by minebwenews
August 26, 2025
0
Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

A resident living in Uvira, where the Wazalendo continue committing extreme violence against the local population—especially the Banyamulenge—compared them to the Interahamwe militia that carried out the 1994 genocide against...

Read moreDetails

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo. Umwe mu baturage uherereye muri Uvira aho Wazalendo bakokomeje gukorera ubugome ndengakamere ku baturage baho cyane cyane ku Banyamulenge,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

Perezida Kagame yavuze kuby'ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?