• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

minebwenews by minebwenews
August 26, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

You might also like

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Abasirikare bakuru bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ubushinjacyaha bw’igisiriakare cy’iki gihugu bwabasabiye gufungwa imyaka 15.

Ku wa mbere tariki ya 25/08/2025, ni bwo ruriya rukiko rwasabiye bariya basirikare gufungwa imyaka 15.

Aba barimo Brig.Gen. Erickson Bakati, Lt.Col.Gervais Malaji, Major Philippe Mambolo, Lt.Kakule na Lt.David Lusenge.

Harimo kandi na Col. Andre Jean Nyenze na Col. Alphonse Kasereka, aba bombi bo ubushinjacyaha bwasabiye gufungurwa imyaka itatu kubera ko bo ngo bakoranye neza n’ubutabera.

Hari abandi basabiwe gufungurwa kubera ko ngo nta bimenyetso bigaragara bibahamya ibyaha bashinjwa.

Bivugwa ko ibirego aba basirikare bashinjwa bituruka ku mashusho yagiye hanze mu kwezi kwa kane uyu mwaka, ubwo bayafashwe bari muri hotel i Kinshasa, bavuga ko ubutegetsi buriho burangiye, ahubwo ko ari bo bafashe ubutegetsi.

Aya mashusho ni nayo yatumye batabwa muri yombi.
Bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bakoresheje imbunda.

Uretse aba basirikare bahanishijwe igifungo, hari abandi basirikare bakuru bagera kuri 41 barimo bahatwa ibibazo ku buryo ingabo za RDC zitsindwa ku rugamba na AFC/M23.

Tags: abasirikareBakuru zimyaka 15Urukiko
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Uduce 8 FARDC n'abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y'uko bishe abasivili Uduce tubarirwa mu 8 duherereye muri grupema ya Bukombo n'iya Tongo muri teritware ya Rutshuru, mu...

Read moreDetails

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails
Next Post
Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?