• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga kuyihuza na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in Conflict & Security
0
RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga  kuyihuza na AFC/M23.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga kuyihuza na AFC/M23.

You might also like

Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yanze kwitaba ubutumire bwa Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo wari wayisabye kuyihuza n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo mu biganiro by’amahoro biteganyijwe kubera muri iki gihugu.

Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, yari yateganyije ko RDC n’abayirwanya abahuriza mu biganiro bizaba mu gihe cy’inama ngaruka mwaka y’amahoro y’umutekano izabera muri Afrika y’Epfo tariki ya 03 kugeza ku ya 5/09/2025.

Yari yayitumiyemo abo mu biro bya perezida Felix Tshisekedi n’abategetsi b’iki gihugu, Joseph Kabila wakiyoboye, Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, Vital Kamerhe na Thomas Lubanga urwanira mu ntara ya Ituri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Umuvugizi wa guverinoma y’iki gihugu cya RDC, Patrick Muyaya, yavuze ko ibyavuzwe na Mbeki mu bihe byatambutse bigaragaza ko atumva amakimbirane ari muri RDC, bityo ko leta ye idashishikajwe n’ibiganiro ateganya.

Yagize ati: “Twese turi buka ibyagiye bitangazwa na Mbeki, amagambo mabi agaragaza uburyo atumva ikibazo kiriho ubu. Ni gahunda itanoze yacu n’u Rwanda ya Washington DC n’iduhuriza n’abafashwa i Doha.”

Uyu muvugizi yanavuze ko hari indi gahunda perezida Felix Tshisekedi arimo ategura, kandi ko ayifatanyijemo n’abanyamadini, ikaba ari iyo guhuriza hamwe abanyekongo bose.

Amagambo ya Mbeki anengwa na Leta y’i Kinshasa ni asobanura impamvu muzi z’amakimbirane yo muri iki gihugu ko Abanye-Congo ubwabo ari bo bagomba kwicara, bakaganira, aho gukomeza gutungana intoki no kurutunga ibihugu by’abaturanyi.

Mbeki yagiye asobanura kenshi ko amakimbirane ya Congo n’umutwe wa M23 akomoka ku cyemezo Mobutu yafashe cyo kwirukana abanye-kongo bavuga mikinyarwanda. Agasobanura ko ari icyo gihe abo mu bwoko bw’Abatutsi batangiye gutotezwa kugeza.

Tags: AFC/m23RdcThabo Mbeki
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Iby'ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga harimo gusakazwa i foto igaragaza uwitwa Mike Tyson, umuteramakofi, afashe ku rutugu rwa perezida wa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze Ibikoresho bya gisirikare by'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, muri Uvira, iki gisirikare cyatangiye kubihungishiriza i Bujumbura mu...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba igitero mu irembo rya Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?