• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyabaye ku ngabo za FARDC n’iz’u Burundi ku Ndondo ya Bijombo biteye ubwoba bukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyabaye ku ngabo za FARDC n’iz’u Burundi ku Ndondo ya Bijombo biteye ubwoba bukomeye.

You might also like

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Hamenyekanye amakuru akomeye y’ibyabaye ku ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo hamwe n’iz’u Burundi zikorera ku Ndondo ya Bijombo, muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko zapfuye bidasanzwe nyuma yo gukubitwa n’ikibatsi cy’umuriro w’Idibu(AFC/M23/MRDP-Twirwaneho).

Ni amakuru Minembwe Capital News yakuye ahantu hizewe, aho ahamya ko ku munsi w’ejo ku cyumweru hapfuye abasirikare ba FARDC n’ab’u Burundi barenga 36.

Agira ati: “FARDC na FDNB bapfiriye ugushyira, bakubiswe na AFC/M23/MRDP muri Bijombo. Ni drone yabo yabarasiye icya rimwe hapfa 36, abandi benshi imirongo bakomeretse. Biteye ubwoba bwinshi cyane.”

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko barasiwe mu karango ka hitwa kwa Musumari, aho bari bafite i kambi yabo bahuriyemo (ingabo z’u Burundi n’iza RDC).

Aka karango kavugwa gaherereye mu Gahuna, aha akaba ari muri grupema ya Bijombo muri teritware ya Uvira.

Aya makuru yacu akomeza avuga ko hariya barasiwe kwa Musumari hari aga-kanisa gato, iruhande rwako niho intumbi zabariya basirikare zaguye.

Ati: “Baterewe kwa Musumari, ku karango, niko karimo i kambi yabo. Hari n’ikanisa, iruhande rwaho, ni naho intumbi z’abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC zaguye.”

Ibyo bibaye mu gihe Ingabo z’uyu mutwe wa AFC/M23/M23 ziri kugera amajanja mu cya Bijombo cyose, kuko mu mpera zakiriya cyumweru gishize zarasiye kandi izi ngabo z’u Burundi n’iza FARDC mu kandi gace kitwa ku Kiziba. Aka kari mu ntera ngufi uvuye ku Murambya na Gahuna.

Ubwo nabwo byavuzwe ko uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta bapfuye ari benshi, kuko hatowe intumbi zabo 23.

Si aho honyine n’ahitwa ku Cyanzovu ni nk’uko byagenze, ndetse ho bikavugwa ko uyu mutwe uhagaragara cyane, bitandukanye n’ahandi kuko ahandi urasa bitunguranye, ibyo bakunze kwita gutega ibico(ambush).

Ibyanatumye uruhande rwa Leta ruhahamuka, kuko bari guhunga berekeza za Bijombo centre bava mu duce two muri iyi Ndondo, abandi bakerekeza inzira ya Mitamba bagana mu mujyi wa Uvira igice gikomeye Leta isigariyemo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihe hafi ibindi ya byose by’iyi ntara bimaze kwigarurirwa n’uy’u mutwe wa AFC/M23/M23.

Tags: BijomboFardcFDNB
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Nyuma y'aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane Brigadier General Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ushinzwe ibikorwa bya...

Read moreDetails

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo hamwe n'iy'u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n'umubare w'Ingabo z'u Burundi zoherejwe iwabo. Guverinoma y'u Burundi...

Read moreDetails

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n'ubw'u Burundi Moïse Nyarugabo wahoze mu bategetsi bavuga rikijana muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihe cya Joseph Kabila...

Read moreDetails

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe Brigadier General Olivier Gasita uyoboye ibikorwa bya gisirikare mu mujyi wa Kindu ufatwa nk'umurwa mukuru w'i ntara ya Maniema,...

Read moreDetails

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026.

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Auto Draft

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026. Abayobozi bakuru bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa na Bisimwa bagaragaye bari kumwe n'abana...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n’abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n'abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?