• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Auto Draft
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026.

You might also like

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Abayobozi bakuru bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa na Bisimwa bagaragaye bari kumwe n’abana ba banyeshuri bo mu bice bigenzurwa n’iri huriro, aho bagiye gutangiza umwaka wa mashuri.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 01/09/2025, ni bwo abanyeshuri bose bo mu bice bigenzurwa n’iri huriro rya AFC/M23 bafunguye.

Gutangiza iki gikorwa byabereye muri amwe mu mashuri aherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Epfo.

Minembwe Capital News yamenye neza ko mu gatondo amashuri yari yafunguye imiryango i Goma.

Si Goma gusa yafunguye kuko n’ahandi n’iko byagenze, nko mu bice bya Masisi, Rutshuru n’ahandi.

Bamwe mu bayobozi bagaragaye mu mashusho ubwo AFC/M23 yafunguraga ku mugaragaro amashuri y’umwaka wa 2025-2026, barimo Nangaa, Bisimwa, guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Bahati Musaga Erasto n’abandi.

Banasabye abanyeshuri kwiga bafite intego yo gutsinda neza no guhesha ishema imiryango yabo n’igihugu cyabo.

Ubundi kandi banasabye ababyeyi kohereza abana ku mashuri, banabizeza ko umutekano wabo urinzwe neza.

Ku rundi ruhande, ababyeyi na bo basabye ubuyobozi kubafasha bakabona ibikoresho abana bakoresha ku mashuri, bavuga ko bihenze.

Tags: 2025-2026AFC/m23AmashuriUmwaka
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Nyuma y'aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane Brigadier General Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ushinzwe ibikorwa bya...

Read moreDetails

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo hamwe n'iy'u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n'umubare w'Ingabo z'u Burundi zoherejwe iwabo. Guverinoma y'u Burundi...

Read moreDetails

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n'ubw'u Burundi Moïse Nyarugabo wahoze mu bategetsi bavuga rikijana muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihe cya Joseph Kabila...

Read moreDetails

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe Brigadier General Olivier Gasita uyoboye ibikorwa bya gisirikare mu mujyi wa Kindu ufatwa nk'umurwa mukuru w'i ntara ya Maniema,...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n’abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n’abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye.

AFC/M23/MRDP yongeye gushinja FARDC n'abambari bayo kugaba ibitero ahatuwe cyane, unayiha integuza ikanganye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, rirabushinja...

Read moreDetails
Next Post
Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?