Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

INTWARO ZA FARDC MURI GOMA, BAZIHUNGISHIJE ZIJANWA IBUKAVU MUGACE KA KAVUMU, NOHO MURI MIKENKE HARUBUSHAMIRANE BWA PFURERO NA BANYAMULENGE.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 8, 2023
in Uncategorized
4
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, yizewe twahawe numwe utashatse kw’izina rye rimenyekana, yatubwiye ko aharejo tariki 07.02.2023, igisirikare ca Leta y’Ikinshasa, cakuye ibitwaro muri Goma, imbunda ziremereye kizijana muri Sud Kivu, mugace ka Kavumu ho muri Bukavu, kumurwa mukuru wa Kivu yamajyepho.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yakomeje avuga ko, hari ONG, yateguwe na leta iri kubuka aho ibyo bikoresho bizaza bibikwa mugace ka Kavumu, aha akabari naho hari kibuga c’Indege gikuru comuri Kivu yamajyepho, “Subwambere imbunda zihungishwa ziva Goma zikajanwa iBukavu, igihe cose intambara zibica bigacika muntara ya Kivu yamajyaruguru, ingabo za leta y’Ikinshasa zikunze guhungisha imbunda zikajanwa iBukavu” nkuko yabitubwiye.

Andi makuru ava muri Kivu yamajyepho, mugace Ka Mikenke muri Territory ya Itombwe, nay’ubushamirane bugize igihe burihagati yabacuruzi ba b’Apfurero na b’Anyamulenge, nimugihe har’Inka zababacuruzi bab’Apfurero ziheruka kunyagigwa ahitwa Muduhoko hafi numuhana wa Rugabano, iz’Inka zarizerekejwe iLurenge muri Territory ya Fizi, ziza kunyagwa nabantu batamenyekanye.

Abapfurero, babishinja ab’Anyamulenge ibyo Abanyamulenge bakomeje guhakana , bavugako bo kunyaga inka ataribyabo ahubwo bikaba bizwi ko Maimai Bishambuke (Yab’Apfurero), ishinjwa kunyaga Inka zirenga ibihumbi magana abiri by’Abanyamulenge mumyaka irindwi(7) nkuko tubikesha abaturage baturiye akarere k’Imisozi miremire y’Imulenge.

Mugihe abo b’Acuruzi bab’Apfurero bicarana na b’Anyamulenge, murwego rwokugira bahoshe uwomwuka mubi urihagati yabo, Abapfurero bategeka ko bagomba kugarurirwa iz’Onka bitaba ibyo bakagarurirwa amafaranga ahwanye nayo baguze iz’Onka doré ko bivugwa ko nubundi iz’Onka bari baziguze na b’Anyamulenge.

Kugeza ubu ico kibazo ntikiratorerwa umuti, nkuko Minembwe Capital News, ikomeje kubihabwa.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

BIDASANZWE ABA CHEFS, ABA MAMANS NA BA PASTEURS BA MINEMBWE BAKOZE AMASENGESHO YOGUSABIRA INTAMBARA ZIMAZE IMYAKA ZICA ABANTU MUMISOZI MIREMIRE Y'IMULENGE.

Comments 4

  1. Ngirimana says:
    2 years ago

    Bishambuke yanyaze Inka zirenga ibihumbi magana ane (400,000) nawe ngo 200,000?

  2. Mucyo says:
    2 years ago

    Turikumwe 100%

  3. Mucyo says:
    2 years ago

    Hello

    • Bruce Bahanda says:
      2 years ago

      Hello bro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?