
Uhuru Kenyatta, wahoze ari President wa Kenya, kurinone numuhuza w’ibibazo biri muri Eastern ya Congo, uyumugabo yasabye byihuse ko ingabo za EAC zoherezwa kubwinshi muri Eastern ya Congo.
Ibi yabishize munyandiko yasohoye ubwo yarimo ashimira abakuru b’ibihugu bigize EAC(East Africa Community), baheruka guteranira iBujumbura tariki 04.02.2023, muruyu mubonano bafashe umwanzuro ko intambara iri muri Eastern ya Drc igomba kurangizwa nuko mubanyeCongo bagomba kuganira hatabaye abahwezwa kugira barangize amakimbirane arihagati yabarwana.
Uhuru Kenyatta kandi yavuze ko ashigikiye ko amasezerano y’iLuanda agomba kubahirizwa inyeshamba zikarambika intwaro hasi zirwanira kubutaka bw’aCongo ndetse avuga ko M23 igomba kubahiriza igasubira inyuma.
Ikindi Uhuru Kenyatta yavuze ati: “Ingabo za EAC zikwiye kuba ninshi hariya zigahagarara hagati yabashamiranye , ndetse zikaza zija mubice inyeshamba zavuyemo”
Yanasabye ko hagomba guteguzwa ibiganiro vuba byihuse bihuza abanyeCongo barwanira muri Eastern y’iki gihugu nabagize Civil Society ndetse nabagize imiryango mpuzamahanga.