
Mumujyi wa Goma, muriki gitondo canone tariki 10.02.2023, Major Jérémie Ruvugigwa, yafunzwe, bivugwa ko yafashwe igihe yara herekeje abana be, bari berekeje kwishuri muri Uganda.
Major Jérémie Ruvugigwa, ni Polici ukora muri Rourage, yakoreraga mumujyi wa Saké ariko urugo rwe ruba mugisagara ca Goma, nkuko Minembwe Capital News, imaze guhabwa ayamakuru bavuze ko yaraherekeje abana be kwishuri bari berekeje Uganda, ageze kuri Duane igana muriki gihugu ca Uganda, afatwa ninzego zishinzwe umutekano.
Ibi birimubyo ab’Atutsi bagize igihe batabaza amabanga ko leta y’Ikinshasa idafata abakozi ba leta co kimwe nimugihe abavuka mubwoko bwa Batutsi barenganwa bazirako bafitanye isano na M23, bamwe baricwa abandi barafungwa abandi bakorerwa iyica rubuzo.
Mumezi ashize umusirikare wa FARDC witwa FURAHA, yakubitiwe iKinsasa akurubanwa mumuhanda azirako afite isura isa nabagize M23, Major Kaminzobe yiciwe mubice bya Fizi avanwa mubandi basirikare aricwa ngo num’Ututsi.
Muhindure mo gake ntabwo yari yageze kumupaka wa Uganda ahubwo Gusa yarahagaze kuri grande barrière ategereje ko abana barangiza gukora test ya Corona hanyuma akisubirira murugo.