• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in World News
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere umukono ku masezerano y’amahoro hagati yabyo byombi.

Uyu mutwe wa Hamas ukorera i Gaza hagenzurwa na Palestine.

Amakuru akavuga ko kuri uyu wa mbere tariki ya 13/10/2025, uyu mutwe wa Hamas na Leta ya Israel birasinyana amasezerano y’amahoro i Sharm muri Misiri.

Bikavugwa ko umuhango wisinywa ry’ay’amasezerano urayoborwa na perezida wa Misiri wakira iyi nama, akaba aza gufatanya na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kuko ari we wazanye uyu mushinga wo guhuza Israel na Hamas.

Ni umuhango biteganyijwe ko kandi witabirwa n’abakuru bihugu barenga 20, kuko n’amabendera y’ibihugu byabo yamaze kuzamurwa muri kariya gace kakira aba bashitsi.

Abamaze kumenyekana ba witabira ni perezida Donald Trump wa Amerika, perezida wa Turukiya, Recep Yayyip Erdogan, Emir wa Qatar, Umwami wa Jordan Abdullah II, minisitiri w’intebe wa Koweti Ahmad Al Abdullah Al Sabah, Umwami wa Bahrain, Hamad Bin Isa Al Khalifa, perezida wa Palestine Mahmoud Abbas.

Harimo kandi perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Giorgio Meloni, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres n’abandi benshi.

Tariki ya 07/10/2023, nibwo Hamas yakoze igitero gikaze cyo mu kirere ku butaka bwa Israel, kigwamo abantu babarirwa mu bihumbi 3, mu gihe abandi barenga 250 bagishimutiwemo ndetse n’abandi benshi bagikomerekeramo.

Israel kuva ubwo yahise itangiza ibitero kuri uyu mutwe wa Hamas, abarenga ibihumbi 67 bakaba bamaze guhitanwa nabyo muri Gaza aho uwo mutwe ucyumbikiwe, ndetse kandi n’uyu mujyi urasenywa hafi ya wose.

Kubera iyi nama iri businyirwemo aya masezerano haratekerezwa ko intambara ishobora guhita ihagarara burundu binyuze muri uyu mushinga w’amahoro wateguwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni mu gihe kandi no ku wa gatandatu hatewe intambwe Israel itangaza ko ihagaritse ibikorwa bya gisirikare kuri Hamas.

Uyu munsi kandi Israel biteganyijwe ko yakira abaturage bayo bari baragizwe imbohe na Hamas.

Israel nayo ikaba iri burekure imfungwa z’Abanya-Palestine 1700 barimo 2500 bari barakatiwe igifungo cya burundu.

Tags: HamasIsraelMisiriSharm
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails

Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

Perezida Macron w'u Bufaransa yasabwe kwegura Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron, yasabwe na bamwe mu bahoze mu buyobozi bwo hejuru muri iki gihugu kwegura, bavuga ko aricyo cyakemura...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?