• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in World News
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu
63
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

You might also like

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy’u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n’umutwe wa basirikare witwa CAPSAT.

Mu ijoro ryo ku itariki ya 12/10/2025, Rajoelina yahungiye mu Bufaransa akoresheje indege y’igisirikare cyabwo.

Bikagaragazwa ko yahunze yabanjye kugirana amasezerano na perezida Emmanuel Macron.

Ndetse kandi aya makuru anavuga ko mbere y’uko ajanwa mu Bufaransa yabanje kwerekeza ku kirwa cya Sainte-Marie, akaba ari naho yafatiye indege y’igisirikare cy’u Bufaransa ari na yo yamujanye ku kirwa cy’Abafaransa kiba ku nyanja y’u Buhinde cyitwa La Reunion.

Nanone kandi RFI dukesha iyi nkuru yakomeje ivuga ko yageze no kuri kiriya kirwa ajanwa n’indi ndege ahataramenyekana, ariko bigakekwa ko yaba yarajanwe mu bigwa bya Maurice cyangwa i Dubai.

Ku rundi ruhande, u Bufaransa buvuga ko budashaka kwivanga mu bibazo bya politiki byo muri Madagascar.

Uyu mu perezida ahunze mu gihe yari yatangaje ko azageza ijambo ku baturage kuri uyu wa mbere saa moya z’umugoroba ku isaha yo muri iki gihugu.

Abatumye ahunga bari batangaje ko batakimushaka, ndetse bamusaba kwegura, na we abyamaganira kure anabyita “igerageza ryo guhirika ubutegetsi.”

Bikaba birangiye afashe icyemezo cyo guhunga, nyuma y’igitutu yotswagaho n’uriya mutwe w’Ingabo witwa CAPSAT.

Tags: BufaransaRojoelineYahunze
Share25Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails

Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

Perezida Macron w'u Bufaransa yasabwe kwegura Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron, yasabwe na bamwe mu bahoze mu buyobozi bwo hejuru muri iki gihugu kwegura, bavuga ko aricyo cyakemura...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?