
Russia- Ukraine war iminsi ibaye 353 u Burusiya buteye Ukraine.
Uburusiya bwongeye kurasa missile ninshi kubutaka bwa Ukraine, ibisasu bigwa mumiryi myinshi itandukanye irimo numugwa mukuru wa Kyiv.
Nkuko abasirikare baba nya Ukraine babivuga, bavugako missile nzirenga ijana zarashwe na barusiya kubutaka bwa Ukraine, ariko mirongo 61 zabashe gupfobezwa nabasirikare baba nya Ukraine. Ibi bikaba bibaye nyumayuko amayinga abiri ashize ntagitero kigabwe mumugwa mukuru wa Kyiv.
Nkuko byatangajwe na ministre zumuriro wamashanyarazi bwana German Galushchenko , yavuzeko u Burusiya bwarashe station zumuriro wamashanyarazi muntara zirenga zitandatu (6), bakoresheje misille ndetse nama drone. Byatumye habura umuriro hafi mugihugu cose ca Ukraine.
Ibi bitero bikaba bigabwe nyuma yuko umukuru wigihugu ca Ukraine bwana zelenisky arangije urugendo yagiriye mubihugu byuburayi bafitanye umubano, ubwo yarimo asaba abakuru bibi bihugu gukomeza kumutera inkunga mubirwanisho ndetse nindege zintambara.
Ukraine nanone yasabye igihugu ca Netherlands kubaha indege zintambara zomubwoko bwa F-16 , nkuko byavuzwe na ministre wingabo wikigihugu bwana kajsa ollongren, yemeje ubusabe bwa Ukraine bwindege zomubwoko bwa F-16 avugako bazabiganiraho na America hamwe nibindi bihugu bakorana.
Nanone président wa leta z’unze ubumwe za America (USA) , Joe Biden yavuzeko umwaka uzarangira woguterwa kwa Ukraine nu Burusiya, azawurangiriza mugihugu ca Poland kikaba arigihugu cikibanyi na Ukraine ndetse kirimubumwe bwa (NATO). Nkuko byavuzwe na maison Blanche nuko umukuru wigihugu ca America, azasura Poland kuva kuminsi 20-22 zukwakabiri agakoresha ikiganiro hejuru yi hohotera Uburusiya bukorera Ukraine ndetse akavuga uko reta zunze ubumwe za America, zashize imbaraga zishoboka mugufasha abanya Ukraine mukwirwanaho.