Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

INAMA YABAKURU B’INGABO BAGIZE EAC, BASABYE KO INGABO ZA UGANDA NA SUDAN YEPHO BYOHEREZA INGABO BYIHUSE MURI CONGO, IYI NAMA YABAYE NYUMA GATO Y’INAMA IHERUKA YABAKURU B’IBIHUGU YABEREYE IBUJUMBURA.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama yabakuru b’Ingabo zigize ibihugu bya EAC, yemezanije ko ingabo za Uganda n’a Sudan Yepfo zigomba guhita zohereza
ingabo zabo vuba muri Eastern ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Aba bakuru b’Ingabo bahuriye i Nairobi, nyuma gato yinama yahuje abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango iheruka tariki 04.02.2023, i Bujumbura.

Ubwo Lt Gen Prime Niyongabo, w’Uburundi uyoboye aba bakuru b’Ingabo, zigize EAC, yaganiraga nab’anyamakuru yavuze ko afite icizere KO “Iyimyanzuro yabakuru b’Ingabo, ko izatanga umusaruro mwiza, kumutekano muri Eastern ya Drc.”

Muriyinama kandi bemezanije ko abasirikare bazoherezwa bava Uganda n’a Sudan Yepfo, bazahita bajanwa nomubice ingabo za M23 zagiye zivamo, nka Kibumba n’a Rumangabo.

Bivugwa ko icatumye ingabo za Sudan Yepfo zitinda koherezwa kandi zari ziteguye, byavuzwe ko arimpamvu ya leta y’Ikinshasa yatinze gutanga uruhusha.

Ingabo za EAC zimaze kugera kubutaka bw’aCongo ni z’Uburundi(FDNB), ziri muri Kivu yamajyepho, muri Minembwe nahandi, izindi niza Kenya( KDF) zibarizwa muri Kivu yamajyaruguru.

Ikindi nuko bishobora gushoboka izingabo za EAC zikinjira muntambara yoguhangana na M23 mugihe M23 yakomeza gusatira gufata igisagara ca Goma, gusa izingabo zahisemo inzira y’ibiganiro, aho bagerageza guhuza ingabo za M23 na FARDC, binyuze mubiganiro.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abasirikare barindwi (7), bomumutwe wa b'acomando mungabo za Fardc, bakatiwe urwo gupfa bazirako bahunze intambara yokurwanya M23 muri Sake.

Comments 1

  1. Muremure says:
    2 years ago

    Aba Bose nuguhendana ntamahoro bashaka ahubwo barashaka kwiba amabuye yagaciro muri Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?