
Inama yabakuru b’Ingabo zigize ibihugu bya EAC, yemezanije ko ingabo za Uganda n’a Sudan Yepfo zigomba guhita zohereza
ingabo zabo vuba muri Eastern ya Congo.
Aba bakuru b’Ingabo bahuriye i Nairobi, nyuma gato yinama yahuje abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango iheruka tariki 04.02.2023, i Bujumbura.
Ubwo Lt Gen Prime Niyongabo, w’Uburundi uyoboye aba bakuru b’Ingabo, zigize EAC, yaganiraga nab’anyamakuru yavuze ko afite icizere KO “Iyimyanzuro yabakuru b’Ingabo, ko izatanga umusaruro mwiza, kumutekano muri Eastern ya Drc.”
Muriyinama kandi bemezanije ko abasirikare bazoherezwa bava Uganda n’a Sudan Yepfo, bazahita bajanwa nomubice ingabo za M23 zagiye zivamo, nka Kibumba n’a Rumangabo.
Bivugwa ko icatumye ingabo za Sudan Yepfo zitinda koherezwa kandi zari ziteguye, byavuzwe ko arimpamvu ya leta y’Ikinshasa yatinze gutanga uruhusha.
Ingabo za EAC zimaze kugera kubutaka bw’aCongo ni z’Uburundi(FDNB), ziri muri Kivu yamajyepho, muri Minembwe nahandi, izindi niza Kenya( KDF) zibarizwa muri Kivu yamajyaruguru.
Ikindi nuko bishobora gushoboka izingabo za EAC zikinjira muntambara yoguhangana na M23 mugihe M23 yakomeza gusatira gufata igisagara ca Goma, gusa izingabo zahisemo inzira y’ibiganiro, aho bagerageza guhuza ingabo za M23 na FARDC, binyuze mubiganiro.
Aba Bose nuguhendana ntamahoro bashaka ahubwo barashaka kwiba amabuye yagaciro muri Congo.