
Umukinyi ukina mukibuga hagati mwi equipe ya Chelsea Thiago Silva, wimyaka 38 yamavuko yongeye gusinya contrat yiwe kugeza muri 2024 .
Ibi bikaba bibaye nyuma yaho équipe ya Chelsea ikoresheje akayabo kamafranga arenga million 606$ kubakinyi bashasha.
Uyu munya Brésil akaba akomeje kuba kumutima wiyi équipe. Thiago yagizati “ nishimiye gukomereza akazi kanje muriyi équipe ( the blues), nanone uyu mukinyi akaba yaraje muri Chelsea avuye muri Paris Saint–Germain, mumwaka wa 2020. Thiago Silva nanone yagizati “ ubwo nasinyaga contract yanje muri Chelsea nasinye iyumwaka umwe, ariko dore maze ine, ntabwo nigeze ntekerezako ariko bizagenda.arko bibaye ibintu byakanyamuneza kurinje kungera kugirana asezerano nokuguma muri CHELSEA
Todd Boehly na Behdad Eghbali abagabo bazwiko aribo bayoboye iyi équipe muriki gihe, bakomeje guhura nibibazo byigura ryabakinyi,mumwaka wabo wambere wokuyobora iyi équipe.
Arko nanone bavuzeko Thiago Silva umukinyi ukinira mukibuga hagati arinkingi ikomeye muriyi équipe.