Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuherwe cangwa Umugaga Bill Gates, yahishuye ko hagiye kwaduka ikindi corezo kw’Isi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bill Gates yahishuye icorezo karundura kigiye kwibasira Isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umuherwe cangwa Umugaga Bill Gates wagiye ahishura ko Ibyorezo biba byenda kwibasira Isi, yongeye guhishura icorezo karundura kigiye kwibasira isi mu bihe biri imbere.

Ubwo yari mu kiganiro kizwi nka TED Talk mu 2015, Bill Gates yatanze umuburo ko hari icorezo cenda kwibasira isi. Ntiyigeze akomoza ku gihe bizabera ahubwo yavuze ko isi ititeguye kuba yazabasha guhangana n’ico corezo.

Bill Gates yongeye kumvikana avuga ku by’icorezo gishya agaruka ku ca “Bioterrorism” gishobora kuba kigiye kwibasira Isi.

Interpol isobanura ko Bioterrorism ari “ibikorwa byose byo gukwirakwiza ku bushake ibinyabuzima bibi cangwa se uburozi hagamijwe kugirira nabi cangwa kwica ikiremwamuntu, inyamaswa cyangwa se ibimera nk’uburyo bwo gutera ubwoba cangwa guhatiriza inzego za leta n’abaturage ngo bemere ingingo runaka za politique cangwa izijyanye n’imibereho ku gahato.”

Mu kiganiro aherutse kugirana na banyamakuru ba BBC, umunyamakuru w’Umwongereza Amol Rajan yabajije Bill Gates ico abona abantu batari gutekerezaho kandi gishobora kuba kizatsikamira cane ikiremwamuntu.

Yasubije ko kubera ko “twatangiye gutekereza cane ku birebana n’imihindagurikire y’ikirere, ico corezo ni bioterrorism, kandi giteye ubwoba.”

Bill Gates avuga ko iki corezo gishingiye ku kuba hajya hakorwa iterabwoba rijyanye no gukwirakwiza ibinyabuzima bibi n’uburozi mu bantu no mu nyamaswa.

Yasobanuye ko Bioterrorism n’ibyorezo byose ari kimwe kubera ko bishyira abantu mu kaga bikabambura ubuzima.

Uyu mukire yavuze ko iki corezo aho gitaniye n’ibindi, ari uko co bigoye kucirinda, akanavuga ko gikomeye na cane ko abagiteza baba bazi uburyo abantu bashobora gukoresha bacirinda, ibyo bikabatera kugiteza mu buryo buteguye neza.

Ikigo ca Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe gukumira ibyorezo (CDC) kivuga ko iyo habayeho gukwirakwiza ibinyabuzima bibi, bishobora kuviramo abantu n’inyamaswa kuremba kandi ibimenyetso bikagaragara mu buryo butandukanye bitewe n’uko udukoko tuba
twinjiye mu mubiri.

Hatangwa urugero nko kuri za virus zishobora guca mu ruhu, izica mu myanya y’ubuhumekero, cangwa ahandi muzindi ngingo.

Mu gihe c’ico corezo, abantu baba basabwa kwirwanaho ubwabo iminsi myinshi, bakareba uburyo baba baribitseho iby’ibanze nkenerwa nk’ibyo kurya, amazi ndetse n’uburyo bwo kubona urumuri.

Bill Gates avuga ko ubwo icorezo ca Covid-19 cadukaga casanze abantu batiteguye, atanga umuburo ko hakwiriye gushorwa imbaraga nyinshi mu ikoranabuhanga kugira ngo abantu bazajye babasha gutahura niba hari ibitero bijyanye na ‘bioterrorism’ bibasatiriye.

Avuga ko atewe impungenge no kubona isi ititeguye neza nk’uko atekereza byagakwiye kuba bimeze.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imiryango ine y'Abanya Croatia bararegwa kw'iba abana ba ba Congomani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?