Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), nazo zasabye guhabwa amafaranga angana na $500 , ngo zibone kurekura Rukabukira Faustin, mugihe Maimai Nyatura yahawe nayo amafaranga angana na $500 z’America kugira ave mumaboko yabo ashikirizwe FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero ca Maimai Nyatura, kubufasha bw’ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), giheruka kugabwa mumihana yabaturage bab’Atutsi mugace ka Bihambwe kari muri Territory ya Masisi ho muntara ya Kivu yamajyaruguru, iki gitero casize abaturage bataye izabo barahunga, bomubwoko bw’Abatutsi, gihitana umuntu umwe arapfa witwa Manzi Paruku warikumwe na Rukabukira Faustin, waje kugirwa imbohe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru y’izewe Minembwe Capital News, yamaze kwakira nuko iki gitero cagabwe muruyu Muhana wa Bihamwe, Manzi Paruku na Rukabukira Faustin bahungiye mugikuyu ho muri Bihambwe, aha niho abarwanyi ba Maimai Nyatura babasanze barasa Manzi Paruku ahasiga Ubuzima Mugenzi we Rukabukira Faustin afatwa mpiri naba barwanyi.

Iphoto ya Rukabukira Faustin, yakomeje kwerekanwa kumbuga nkoranya mbaga (Social Media), ko yafashwe bugwate na Maimai Nyatura, ni Nyatura zayimufashe murwego rwokugira bahabwe amafaranga abone kurekurwa.

Nkuko Minembwe Capital News, yahawe ayamakuru nuko umuryango wa Rukabukira Faustin, watanze amafaranga angana na $500 za America, ayamafaranga yahawe ubuyobozi bwa Maimai Nyatura muri “Bihambwe” kugira Rukabukira Faustin ashikirizwe umuryango we.

Ubuyobozi bwa Maimai Nyatura, nyuma yuko bwakira amafaranga angana na $500 za America, bwafashe Rukabukira Faustin bumushikiriza ingabo za Leta ya Congo (FARDC), iri muri Bihambwe. Igitangaje Fardc nayo yasabye amafaranga angana na $50 kugira abone gushikirizwa umuryango we, Kugeza ubu Rukabukira Faustin aracari mumaboko ya FARDC ifite icicaro muri Bihambwe.

Andi makuru aravuga ko Territory ya Masisi, mugace ka Ngugu, gatuwemo ab’Atutsi benshi bakomeje kwibasigwa na Nyatura kubufasha bw’ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC).

Mubice bimwe nabimwe bya Territory ya Masisi, bitarafatwa na M23, umutekano kub’Atutsi, bavuga ko babangamiwe n’Inyeshamba zikorana n’ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), arizo Maimai Nyatura, FDLR ndetse na CODECO.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Hafashwe ingamba kumupaka wa Kamanyora na Bugarama, yuko bakwiye kujya bafungwa saakumi nazibiri zumugoroba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?