
I Bukavu mumurwa mukuru wa Kivu yamajyepho, hari kubera umusako aho ingabo za leta y’Ikinshasa( FARDC), zishaka kumenya imbunda zifite numéro d’enregistrement cangwa ziri Enrôlement.
Uyumusako ukaba waratangiye ejo hashize tariki 18.02.2023, kubasirikare bari muri Ville ya Bukavu.
Nkuko Minembwe Capital News, yabwiwe ayamakuru nuko uyu musako uzakomeza mubindi bice biri muri Kivu yamajyepho Uvira nahandi.
Uwaganiraga na Minembwe Capital News, yavuze ko umusirikare wese uri muri Bukavu waba ufite Ikibali(Feuille de route) ujanwa kuri bureau 2, kugira barebe ko ukwije ibisabwa.
Ikindi nuko kuri Eta Major, yiyi Province ya Kivu ya Majyepho, yasabye abasirikare bose boba batagezweho nuyu musako kuzana imbunda zabo kugira bazigenzure.
Kuruyu wambere tariki 20.02.2023, biteganijwe ko Eta Major yagisirikare i Bukavu hazaba Parade kubasirikare bose akabariho biteganijwe ko bazohabwa undi murongo bakurikiza.
Gusa bivugwa ko muzindi ntara za Congo iki gikorwa kitaratangira ariko bikavugwa ko bishobora kuzaba hose muri Congo nkuko twabiwiwe kuri Minembwe Capital News.