
Leta ya Congo Kinshasa, yafashe icemezo gitunguranye co gucura Impunzi zaba Nye Congo ziba Uganda no m’Urwanda, bakazabikora bisunze amategeko agenga umuryango wa HCR.
Ibi bikaba byaravuye mubiganiro byahuje abakuru ba EAC ubwo bari i Addis-Abeba tariki 17.02.2023, iki kiganiro na Président wa Angola Lourenço João. Muriki kiganiro bivugwa ko bategetse Tshisekedi gucura Impunzi kugira yirinde akajagari.
Mwitangazo umuvugizi wa leta y’Ikinshasa Patrick Muyaya yashize hanze yagize ati : “Murwego rwokwirinda urundi rwitwazo rw’u Rwanda, ku kuba kw’impunzi zabanye Congo kubutaka bw’Urwanda, leta y’Ikinshasa Igiye gukora ibishoboka byose abanegihugu babo bahungiye Uganda no m’Urwanda bagaruke vuba mugihugu cabo, hazaba kandi kubahiriza amategeko ya HCR.”
U Rwanda rugize igihe rusobanura ko Impunzi zahungiye mugihugu cabo, kuberako Igihugu ca Congo gifite umutekano mubi umaze imyaka myinshi cane muri Eastern ya Drc, aho abomubwoko bw’Abatutsi bahohoterwa ndetse bakicwa bakanyagwa nibyabo, kandi bakabikorerwa nabandi banye Congo bashigikiwe n’a Leta.
Leta ya Kigali, igasaba iya RDC gukemura ibibazo by’impunzi zimaze imyaka irenga 25 m’Urwanda, ikindi nuko Impunzi zabanye Congo zahungiye m’Urwanda ziheruka kwigaragambya zisaba leta ya Congo ko zirambiwe n’ubuhunzi zisaba ko zocurwa zigataha.
Nanone kandi umutwe wa M23, nawo uvuga ko urwanira abanye Congo bambuwe ibyabo bagahunga, ugasaba ko bocurwa bagataha mugihugu cabo bakabaho nkabandi.
Nibabacure gusa iconzi nuko batabishaka kandi babita abanyarwanda gusa tuzataha babishaka cangwe batabishak nonese abarimubindi bihungu ibo ntibazotahanwa?