
Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 ningabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro, FDLR na Maimai Nyatura, mubice bya Kitchanga, Kalengera nomunkengero zayo.
Iyi mirwano ibaye nyuma yamasaha 48 inama yabayobozi ba Africa y’Unze ubumwe, irangiye aho yarimo ibera i Addis-Abeba muri Ethiopie, mubyo bigaga harimo numutekano muke uri muri Eastern ya Drc.
Muriyi nama bari bemezanije ko imirwano igomba guhagarara kumpande zombi ariko M23 ikava mubice byose yarimaze kwigarurira byose.
Bertrand Bisimwa Président wa M23, abinyujije kuri Twitter ye , yavuze ko “Nubwo leta y’Ikinshasa munama yi Addis-Abeba muri Ethiopie, yiyemeje guhagarika imirwano atariko uyumunsi ingabo zabo (Fardc), nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro, FDLR ndetse n’a Maimai Nyatura babagabye ho ibitero mubice bya Kitchanga, Kalengera no munkengero zayo muri Kibarizo.”
Nanone kandi ikinyamakuru ca Kivu Habali, kivuga ko nyuma yuko M23 bashinze ibirindiro muri Kitobo na Ndondo ibice biri muri North ya Kitchanga, aribwo imirwano yahise yubura.
Ikindi nuko Iki kinyamakuru ca Kivu Habali, kivuga ko nomuri mweso hari imirwano ikaze kumpande zombi.