
Intamabara ikomeye yongeye kubura kuruyu wakane hagati yabaturage b’Irwanaho n’a Maimai ivanze na Red tabara, mubice by’Indondo ya Bijombo iri muri Territory ya Uvira ho muri Kivu yamajyepho.
Iyi mirwano yabaye ahagana mumasaa yigicamunsi canone tariki 23/02/2023, ikaba irikubera mugace kumusozi bita Mutara aha kabarihafi na Murambya ugana mukarere ka Gatanga nkuko tubikesha bamwe mubaturage baturiye utu duce.
Ibibice byokundondo ya Bijombo, biheruka mo intambara mukwezi gushize mubice bya Murambya ubwo abaturage bagabwahaho ibitero ningabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), izintambara zasize zangirije imihana yabaturage bo mubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge).
Umutwe winyeshamba zikomoka m’Uburundi wa Red tabara, ifatanije n’a Maimai murico gitero cagabwe kubaturage b’Irwanaho, uyumutwe ushinjwa Ubwicanyi nubugizi bwanabi bwakorewe abaturage bomubwoko bw’Abatutsi ba Rurambo ndetse na Mibunda, mumwaka wa 2022.
Mumakuru yizewe twahawe kuri Minembwe Capital News, ubwo twabazaga ayamakuru byavuzwe ko murico gitero cagabwe kubaturage b’Irwanaho kumusozi wa Mutara abaturage b’Irwanaho bahagurukanye niyonka kugira babashe gutsinda umwanzi bikaba byanavuzwe ko abaturage b’Irwanaho bakomeje kubarusha imbaraga.
Imana yimulenge itabare ubwoko bwayo burimubihe byogukorerwa Grenocide nareta Yikimshasa
Ifo niyo mwibesheho niyo Murusuku gusa mumihana ya bijombo harimwo za a Mutara 2