
Président w’igihugu c’Ubufransa Emmanuel Macron, uyumunsi nibwo atangira urugendo ruzamara iminsi ine agenderera ib’ihugu bya Africa yohagati harimo na Republika iharanira democrasi ya Congo.
Amakuru Minembwe Capital News, ikesha Radio yabafaransa RFI, nuko uyumunsi kuwagatatu tariki imwe yukwezi kwa gatatu, umwaka wa 2023, nibwo Président Emmanuel Macron agenderera ib’ihugu bya Africa yohagati muribi bihugu harimo na Congo Kinshasa.
Biteganijwe ko kwikubitiro abanziriza Igihugu ca Gabon aho azaba nomunama izabera murico gihugu yiga kubijanye nokubungabunga Amashamba azw’i kwizina rya Ekwatoriya, irishamba rizwi ko arishamba rimwe ariko rigakora kubihugu byinshi harimo na Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC).
Nyuma ya Gabon, Président Emmanuel Macron, azaja i Kinshasa mumurwa mukuru w’igihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo, muriki gihugu biteganijwe ko azaganira n’a Mugenzi we Félix Tshisekedi uburyo bwokunoza umubano w’ibihugu byombi. Bakazaganira na none kubijanye nuburezi bwamashuri yisumbuye nabanza, amakuru dukesha Radio Okapi.
Ibihugu bindi Angola kwa Président João Lourenço na Congo Brazzaville azabisura avuye i Kinshasa, muri Républika iharanira democrasi ya Congo (RDC).
Emmanuel Macron w’Ubufransa, akaba ari muba Présidents bariho none kw’isi bavuga rikijana nyuma ya Leta z’Unze ubumwe Za America ifashe umwanya wambere aho iza gukurikirwa n’igihugu c’Ubushinwa.