• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abasirikare Bagera 100 Bigihu c’Uburundi Baragera I Goma Kuruyu Wa Gatandatu.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare bagera 100 b’Abarundi nta gisibya kuri uyu wa Gatandatu baragera ku kibuga cy’indege cya Goma muri Kivu yamajyaruguru aho bari buhite bajya gufunga inzira zose zakwinjiza umutwe wa M23 mu Mujyi wa Sake uri mu bilometero bicye na Goma.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abarundi bategerejwe i Goma kuri uyu wa gatandatu
Aba basirikare barajya muri Congo mu bikorwa byo gufatanya n’iza EAC bigamije kurwanya inyeshamba zimaze iminsi zica ibintu mu Burasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo.

Amakuru Minembwe Capital News, dukesha ibinyamakuru by’i Bujumbura bivuga ko aba basirikare ari intoranywa bafite ubuhanga budasanzwe bigishijwe bwo gutsinda umwanzi mu gihe gito.

Ngo ni abasirikare bamaze iminsi bahabwa imyitozo yo kurwanira mu misozi idateyeho amashyamba isa neza n’iyo muri Territory ya Masisi boherejwemo.

Amakuru avuga ko aba basirikare badasanzwe atari indorerezi nk’uko byashinjwe abasirikare ba Kenya bamaze amezi muri Kivu yamajyaruguru.

Kuminsi 9 zukwezi kwakabiri uyumwaka 2023 i Nairobi habereye inama yahuje Abagaba bakuru b’ingabo zigize umutwe w’Afurika y’i Burasirazuba(EAC), woherejwe muri Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC), bigabanyije ibirindiro mu gihe M23 yashyira intwaro hasi ku bushake cyangwa yakwinangira ku masezerano yo guhagarika imirwano.

Mu myanzuro yabo bemeranyije ko buri gihugu( uretse Sudani y’Epfo izafatanya na Kenya) guhabwa ahantu hacyo kigomba gukorera ibikorwa bya gisirikare.

Umwe mu myanzuro yahafatiwe uvuga ko ingabo z’u Burundi zizakorera Sake, Kirolirwe na Kitshanga, usibye Sake ahandi hose M23 yahirukanye ingabo za Leta ya Congo n’imitwe bafatanyije irimo FDLR.

Kenya yoherejwe i Kibumba, Rumangabo, Tongo na Kishishe, Uganda izakorera i Bunagana, Kiwanja, Rutshuru n’i Mabenga.

Sudani y’Epfo yahawe kuzakorana n’ingabo za Kenya muri Rumangabo.

Iyo myanzuro y’Abagaba b’ingabo yavugaga ko M23 itagomba kurenza iminsi 28 yukwezi kwakabiri uyumwaka 2023 itarava muri ibyo birindiro.

Abanyecongo bo mubice by’uburasirazuba bw’Iki gihugu bamaze iminsi bamagana ingabo za EAC ziyobowe n’umunya Kenya, Major Gen Jeffe Nyagah, bavuga ko izingabo zaje gutembera nokwiba amabuye yagaciro, bakifuza ko zirwanya umutwe wa M23.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

President Emmanuel Macron, Reveals Kinshasa To Have A Tactless Governance.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?